skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

U Bwongereza: Umukinnyi yahagaritswe imikino irindwi kubera gufata ibitsina by’abo bahanganye

Kapiteni w’Ikipe ya Swindon Town yo mu Cyiciro cya Kane mu Bwongereza, Ollie Clarke, yahagaritswe imikino irindwi nyuma yo gufata imyanya y’ibanga y’abakinnyi babiri bari bahanganye mu mukino.
14 January 2026 Yasuwe: 503 0

Ubu turaryama tugasinzira – AFC/M23 nyuma y’umwaka iyoboye Goma

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa yatangaje ko nyuma y’umwaka bigaruriye umujyi wa Goma ubwicanyi bwaharangwaga bwacitse,...
14 January 2026 Yasuwe: 394 0

Uganda yakuyeho internet kubera amatora

Ikigo cya Uganda gishinzwe itumanaho, UCC, cyatangaje ko kuva ku wa 13 Mutarama 2026 internet rusange igomba guhagarikwa kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kugeza igihe hazasohokera irindi tangazo.
14 January 2026 Yasuwe: 315 0

Mugemana Charles wari Umuganga wa Rayon Sports yitabye Imana

Dr. Mugemana Charles wari Umuganga w’Ikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye.
14 January 2026 Yasuwe: 527 0

Prosper Nkomezi yambitse impeta umukunzi we [AMAFOTO]

Umuhanzi Prosper Nkomezi umaze kwamamara mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yambitse impeta umukunzi Retina Nkurunziza bitegura kurushinga.
13 January 2026 Yasuwe: 423 0

Perezida Kagame yakiriye Amb. Eric Kneedler urangije inshingano ze

Perezida Kagame yakiriye muri Villlage Urugwiro, Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, amusezeraho kuko arangije inshingano ze.
13 January 2026 Yasuwe: 335 0

Abanyamerika bajyanye mu nkiko Leta ya Congo

Sosiyete y’Abanyamerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu by’imari (fintech) yajyanye mu nkiko Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iyishinja ruswa no kutubahiriza amasezerano bagiranye.
13 January 2026 Yasuwe: 1242 0

Rutsiro: Umugore ukekwaho kwica atemye umugabo we yatawe muri yombi

Umugore w’imyaka 56 wo mu Karere ka Rutsiro, abana be babiri n’abaturanyi babiri batawe muri yombi nyuma y’uko umugabo we Nsengiyaremye Gervais wari ufite imyaka 60 asanzwe mu nzu yapfuye...
13 January 2026 Yasuwe: 709 0

Gabon yisubiyeho ku cyemezo cyo guhagarika ikipe y’igihugu

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Gabon ryatangaje ko ingamba zari zafatiwe Ikipe y’Igihugu n’abakinnyi barimo Pierre-Emerick Aubameyang nyuma yo gusezererwa kare mu Gikombe cya Afurika,...
13 January 2026 Yasuwe: 343 0

Hagaragajwe ko n’inyamaswa zirimo n’ingagi zikora ubutinganyi

Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga bo muri Kaminuza ya Imperial College London mu Bwongereza, iri mu zikomeye mu bushakashatsi ku Isi, bwagaragaje ko inyamaswa zirimo ingagi zikora ubutinganyi.
13 January 2026 Yasuwe: 477 0