Kapiteni w’Ikipe ya Swindon Town yo mu Cyiciro cya Kane mu Bwongereza, Ollie Clarke, yahagaritswe imikino irindwi nyuma yo gufata imyanya y’ibanga y’abakinnyi babiri bari bahanganye mu mukino.
Ikigo cya Uganda gishinzwe itumanaho, UCC, cyatangaje ko kuva ku wa 13 Mutarama 2026 internet rusange igomba guhagarikwa kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kugeza igihe hazasohokera irindi tangazo.
Sosiyete y’Abanyamerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu by’imari (fintech) yajyanye mu nkiko Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iyishinja ruswa no kutubahiriza amasezerano bagiranye.
Umugore w’imyaka 56 wo mu Karere ka Rutsiro, abana be babiri n’abaturanyi babiri batawe muri yombi nyuma y’uko umugabo we Nsengiyaremye Gervais wari ufite imyaka 60 asanzwe mu nzu yapfuye...
Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga bo muri Kaminuza ya Imperial College London mu Bwongereza, iri mu zikomeye mu bushakashatsi ku Isi, bwagaragaje ko inyamaswa zirimo ingagi zikora ubutinganyi.