Amezi hafi abiri agiye gushira Leta y’u Rwanda itangiye kugerageza uburyo bushya bwo gutwara abantu mu modoka rusange mu Mujyi wa Kigali. Ni gahunda yatumye umubare w’abatega bisi wiyongeraho 30%...
Perezida Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gufata ingamba zikarishye cyane kuri Iran kubera ihohoterwa ikomeje gukorera abigaragambya.
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahishuye ko hari abakorana na we bamwifuriza kuyobora igihugu nabi kugira ngo bazamusimbure ku butegetsi.
Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko kuba uwa gatatu waranzwe n’ubushyuhe bukabije mu mateka y’Isi, nyuma y’uwa 2024 ukiri ku isonga n’uwa 2023 uri...