Perezida Paul Kagame yageze i Conakry ku mugoroba wo ku wa 16 Mutarama 2026 aho yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we Mamadi Doumbouya watsinze amatora yo mu Ukuboza 2025.
Impunzi nyinshi z’Abanye-Congo zacumbikiwe mu nkambi ya Busuma mu ntara ya Buhumuza iri mu burasirazuba bw’u Burundi, zigumuye, zigerageza gutaha muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuyobozi wa 1:55 AM Ltd isanzwe ireberera inyungu za Bruce Melodie mu muziki, Kenny Mugarura yahishuye ko indirimbo ‘Pom Pom’ uyu muhanzi yakoranye na Diamond na Joel Brown yabatwaye arenga...