skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Internet yasubiyeho nyuma y’intsinzi ya Museveni

Nyuma y’iminsi ine, Komisiyo Ishinzwe itumanaho muri Uganda (UCC) ifashe icyemezo cyo gukuraho internet ku bw’imigendekere myiza y’amatora, kuri ubu yasubiyeho.
18 January 2026 Yasuwe: 259 0

Rwanda na Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho Visa

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Togo byasinye amasezerano yo gukuriranaho gusaba visa ku baturage b’ibihugu byombi bafite pasiporo z’ubwoko butandukanye.
17 January 2026 Yasuwe: 377 0

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Doumbouya wa Guinée

Perezida Paul Kagame yageze i Conakry ku mugoroba wo ku wa 16 Mutarama 2026 aho yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we Mamadi Doumbouya watsinze amatora yo mu Ukuboza 2025.
16 January 2026 Yasuwe: 631 0

Ukraine mu icuraburindi kubera ibitero by’u Burusiya

Minisitiri ushinzwe ingufu muri Ukraine, Denys Shmyhal, yatangaje ko mu bihe bitandukanye u Burusiya bwagabye ibitero ku ngomero zose z’amashanyarazi mu gihugu cyabo, bituma abaturage benshi babura...
16 January 2026 Yasuwe: 792 0

Uganda: Bagabye igitero kuri Polisi hapfa barindwi

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bapfiriye mu bikorwa by’urugomo byabaye mu ijoro ryakurikiye amatora.
16 January 2026 Yasuwe: 1248 0

Burundi: Impunzi z’Abanye-Congo zigumuye, zigerageza gutaha

Impunzi nyinshi z’Abanye-Congo zacumbikiwe mu nkambi ya Busuma mu ntara ya Buhumuza iri mu burasirazuba bw’u Burundi, zigumuye, zigerageza gutaha muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
16 January 2026 Yasuwe: 938 0

Umubano utangaje wa NE-YO n’abagore batatu biyemeje kumusangira

Umuhanzi w’icyamamare w’Umunyamerika NE-YO, wegukanye ibihembo birimo ibya Grammy, yasangije abafana be uko abanye n’abagore batatu, ashimangira ko atabafata nk’abantu batandukanye cyane ahubwo ari...
16 January 2026 Yasuwe: 1343 0

‘Pom Pom’ ya Bruce Melodie yashowemo arenga miliyoni 140Frw

Umuyobozi wa 1:55 AM Ltd isanzwe ireberera inyungu za Bruce Melodie mu muziki, Kenny Mugarura yahishuye ko indirimbo ‘Pom Pom’ uyu muhanzi yakoranye na Diamond na Joel Brown yabatwaye arenga...
16 January 2026 Yasuwe: 531 0

Umushahara wa Gianni Infantino urakabakaba miliyari 9 Frw

Umushahara wa Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, uzamuka buri mwaka ugeze kuri miliyoni 6,1$ (asaga miliyari 8,9 Frw) uvuye kuri miliyoni 1,4$ wariho mu...
16 January 2026 Yasuwe: 572 0

Koreya y’Epfo: Yoon wahoze ari Perezida yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu

Urukiko rw’i Soul muri Koreya y’Epfo rwakatiye igifungo cy’imayaka itanu Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha, kubangamira...
16 January 2026 Yasuwe: 303 0