Umusirikare wa Afurika y’Epfo ntazibagirwa ibihe bigoye yahuye na byo ubwo we na bagenzi be bari mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati wamamaye muri sinema y’u Rwanda ari mu gahinda nyuma y’uko nyina umubyara yitabye Imana kuri uyu wa 14 Mutarama 2026.
Umuhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yatangaje ku mugaragaro ko ari mu myiteguro yo kurushinga n’umukunzi we Rètine Nkurunziza, uzwi mu busizi ku...
Abantu bakabakaba 2500 bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera mu Gihugu cya Iran, Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, avuga ko niba abategetsi ba Iran bari “kumanika abantu...
Inzu zasenywe n’ibiza mu Rwanda zagabanyutseho 78,59% hagati ya 2020/2021 na 2023/2024, ibigaragaza intambwe igihugu gikomeje gutera mu guhashya ingaruka ibiza bigira ku mibereho y’abaturage...
Abashinjacyaha bo muri Koreya y’Epfo basabye ko uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Yoon Suk Yeol, ahanishwa igihano cy’urupfu, bamushinja kuba yarashyize igihugu mu bibazo bikomeye ubwo...