skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Minisitiri Mukazayire yasabye abakinnyi ba Handball itike y’Igikombe cy’Isi

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yakiriye Ikipe y’Igihugu ya Handball iri kwitegura imikino y’Igikombe cya Afurika, kucyifashisha bakerekaza amaso ku Gikombe cy’Isi bitarenze mu myaka itatu...
16 January 2026 Yasuwe: 274 0

Umurambo w’umugabo wasanzwe muri piscine ya hoteli

I Nyanza, umusekirite wa hoteli yitwa Urubuto yahoze yitwa Dayenu Hoteli yapfiriye muri piscine ubwo yarimo yoga.
16 January 2026 Yasuwe: 664 0

Inkuru ya Papa Sava wakinnye filime ya mbere ahembwa 2000 Frw

Umukinnyi wa filime mu Rwanda, Niyitegeka Gratien uzwi ku mazina nka ‘Papa Sava’, ‘Seburikoko’, Sekaganda n’ayandi yatangaje ko bwa mbere akora ikiraka cyo gukina filime yahembwe ibihumbi bibiri...
16 January 2026 Yasuwe: 356 0

Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?

Imibare ituruka mu nzego z’ubuzima mu Rwanda irerekana ibimenyetso ko indwara ya malaria yaba yarongeye kubura umutwe, nko mu mezi atatu ya nyuma ya 2025 abantu barenga ibihumbi 600 barayirwaye.
16 January 2026 Yasuwe: 318 0

Abenshi baryamanye n’abarenze babiri: Ubushakashatsi ku buzima bwo mu gitanda mu Rwanda

Ubushakashatsi bwa karindwi ku bwiyongere n’ubuzima bw’abaturage, DHS 7, bw’umwaka wa 2025, bugaragaza uburyo Abanyarwanda benshi baba abagore cyangwa abagabo; bakorana imibonano mpuzabitsina...
16 January 2026 Yasuwe: 513 0

Amb Gen Maj Nzabamwita yashyikirije Perezida Putin impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya

Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya Gen Maj Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida Vladimir Putin impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya, anamuha ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
16 January 2026 Yasuwe: 450 0

Amerika yafatiriye ubwato bw’ibikomoka kuri peteroli buvuye muri Venezuela

Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko iki gihugu cyafatiriye ubwato bikekwa ko ari ubwa Venezuela butwaye ibikomoka kuri peteroli.
15 January 2026 Yasuwe: 451 0

U Bufaransa: Depite Berville yamaganye mugenzi we wapfobeje Jenoside yakorewe Abatutsi

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa ukomoka mu Rwanda, Hervé Berville, yamaganye mugenzi we wo mu ishyaka RN (Rassemblement National) ritavuga rumwe n’ubutegetsi, wapfobeje Jenoside...
15 January 2026 Yasuwe: 453 0

Perezida Suluhu yemeye ko Tanzania yafunze internet mu gihe cy’amatora

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, yemeye ko mu matora y’umukuru w’igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko yabaye mu Ukuboza 2025, leta yafunze internet, yisegura ku badipolomate byaba...
15 January 2026 Yasuwe: 332 0

U Bubiligi: Umukecuru w’imyaka 92 umaze umwaka adatwara imodoka yandikiwe ‘contravention’

Umukecuru w’imyaka 92 wo mu Bubiligi uba mu kigo cy’abageze mu zabukuru yaciwe ihazabu inshuro ebyiri kubera gutwara imodoka yiruka ku muvuduko uruta usabwa, nyamara amaze umwaka n’igice...
15 January 2026 Yasuwe: 493 0