Imibare ituruka mu nzego z’ubuzima mu Rwanda irerekana ibimenyetso ko indwara ya malaria yaba yarongeye kubura umutwe, nko mu mezi atatu ya nyuma ya 2025 abantu barenga ibihumbi 600 barayirwaye.
Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya Gen Maj Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida Vladimir Putin impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Burusiya, anamuha ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, yemeye ko mu matora y’umukuru w’igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko yabaye mu Ukuboza 2025, leta yafunze internet, yisegura ku badipolomate byaba...