Yanga SC yo muri Tanzania yatangaje ko yasinyishije umukinnyi wo mu kibuga hagati, Allan Okelo, wigeze kwifuzwa na APR FC, akaba yatanzweho ibihumbi 300$ (arenga miliyoni 438 Frw).
Guverinoma y’u Rwanda yanditse amahoteli n’ibindi bigo bitanga serivisi zo kwakira abashyitsi bigera ku 1 460 mu gihugu hose mu mwaka wa 2024, avuye kuri 1 024 yariho mu 2018, aho igice kinini...
Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 binjira mu Mujyi wa Uvira tariki ya 10 Ukuboza 2025, abo mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahiye ubwoba, batekereza ko Umujyi wa Kalemie mu...
Mu gihe imyigaragambyo y’abaturage ba Iran binubira igiciro gihanitse cy’imibereho bagasaba ko ubutegetsi buvaho ikomeje gufata indi ntera, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zategetse abaturage bazo...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko abayobozi babiri bo mu Burundi ari bo bari gutuma kuzahura umubano w’ibihugu byombi bigorana.
Ingingo yo kugwa kw’amabere y’abagore n’abakobwa n’ikibitera ni imwe mu zidakunze kuvugwaho rumwe muri sosiyete zo hirya no hino ku Isi, byagera mu Rwanda bikaba agahomamunwa kuko hari n’abavuga ko...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ryatangaje ko ryatangiye gukora iperereza mu bakinnyi, abatoza n’abasifuzi baba baragize uruhare mu guteza imvururu ku mikino yahuje...
Abahanzi b’inararibonye mu muziki nyarwanda, Mariya Yohana na Muyango Jean Marie, bagiye kongera guhurira ku rubyiniro mu bitaramo byihariye byiswe “Ubutwari Tour 2026”, bigamije gushimangira...