Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben aherekejwe n’umugore we Uwicyeza Pamella, yagiye gusangira isabukuru y’amavuko n’abatishoboye bo mu Murenge atuyemo abashyikiriza ibirimo ibyo kurya...
France Mpundu uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yateguje igitaramo cye cya mbere byitezwe ko kizanitabirwa na Moctar, umusore wo muri Niger baherutse kwiyemeza kuzabana akaramata.
Leta y’u Rwanda ibinyujije mu kigo Ecofleet Solutions yatanze isoko ryo gukodesha bisi z’amashanyarazi zo gukoresha mu Mujyi wa Kigali mu gihe hagitegerejwe izizagurwa ku nganda zizikora zizaboneka...
Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko u Burundi bwasubije ingabo mu gace ka Bibokoboko na Point-Zéro duherereye...