skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

The Ben yasangiye n’abatishoboye ku isabukuru ye

Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben aherekejwe n’umugore we Uwicyeza Pamella, yagiye gusangira isabukuru y’amavuko n’abatishoboye bo mu Murenge atuyemo abashyikiriza ibirimo ibyo kurya...
9 January 2026 Yasuwe: 391 0

Abarenga ibihumbi 42 banduye igituntu mu myaka irindwi

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ‘NISR’ igaragaza ko abantu 42.103 banduye indwara y’igituntu mu myaka irindwi ishize.
9 January 2026 Yasuwe: 342 0

Inkuru itangaje y’umugabo utunze abagore 7 i Gicumbi

Mu Karere ka Gicumbi, umugabo Minani Evaliste akomeje gutangaza benshi nyuma yo gushaka abagore barindwi, akabitaho kimwe, aho anateganya kongeraho uwa munani.
9 January 2026 Yasuwe: 1843 0

Byinshi kuri Lt. Col. Hakuzay wasimbuye Maj. Gen Ekenge wibasiye Abatutsi bo muri RDC

Lt. Col. Mak Hakuzay Mongba yagizwe umuvugizi w’agateganyo wa FARDC, asimbuye Maj. Gen. Ekenge Bomusa ushinjwa kwibasira Abatutsi bo muri RDC.
9 January 2026 Yasuwe: 894 0

Grok yifashishijwe mu kwambika ubusa abagore, biteza impagarara

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Bufaransa no mu bice bitandukanye by’Is bamaganye bikomeye ibikorwa bya Grok, byo kwemerera abakoresha internet gukoresha amafoto y’abagore bagakora andi asa na...
9 January 2026 Yasuwe: 464 0

France Mpundu agiye gukora igitaramo cya mbere, byitezwe ko kizanitabirwa na Moctar

France Mpundu uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yateguje igitaramo cye cya mbere byitezwe ko kizanitabirwa na Moctar, umusore wo muri Niger baherutse kwiyemeza kuzabana akaramata.
9 January 2026 Yasuwe: 321 0

Leta igiye gukodesha bisi z’amashanyarazi zizongerwa mu mihanda ya Kigali

Leta y’u Rwanda ibinyujije mu kigo Ecofleet Solutions yatanze isoko ryo gukodesha bisi z’amashanyarazi zo gukoresha mu Mujyi wa Kigali mu gihe hagitegerejwe izizagurwa ku nganda zizikora zizaboneka...
9 January 2026 Yasuwe: 369 0

Perezida Lourenço yasabye Leta ya RDC na AFC/M23 guhagarika imirwano

Perezida wa Angola akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), João Lourenço, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 guhagarika...
9 January 2026 Yasuwe: 483 0

U Burundi bwasubije ingabo hafi y’ibice bituwe n’Abanyamulenge

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko u Burundi bwasubije ingabo mu gace ka Bibokoboko na Point-Zéro duherereye...
9 January 2026 Yasuwe: 701 0

Ibiciro by’ibikorerwa mu nganda zo mu Rwanda byazamutseho 3,4%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu Ugushyingo 2025, ibiciro rusange by’ibikorerwa mu nganda byazamutseho 3,4%, ugereranyije n’Ugushyingo 2024.
9 January 2026 Yasuwe: 193 0