skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Buri mukinnyi wa Cameroun yemerewe Miliyoni 50 Frw

Nyuma yo kubona itike ya 1/4 y’Igikombe cya Afurika, Umukuru w’Igihugu cya Cameroun, Paul Biya, yemereye abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, agahimbazamusyi kangana n’ibihumbi 30 by’Amayelo (Miliyoni 50...
8 January 2026 Yasuwe: 702 0

Abasura pariki z’igihugu bikubye gatandatu

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko Pariki y’Igihugu y’Akagera ari yo iza ku isonga mu gusurwa cyane mu gihugu kuva mu myaka 20 ishize.
8 January 2026 Yasuwe: 197 0

Urubanza rwa Bahame Hassan ku ifunga n’ifungurwa rwashyizwe mu muhezo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruherereye mu Karere ka Bugesera rwategetse ko iburanisha ry’urubanza rw’Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan, ukekwaho gukora...
8 January 2026 Yasuwe: 256 0

Ubushakashatsi bwagaragaje ibyago byo kugabanya ibilo hakoreshejwe inshinge

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko abantu bagabanya ibilo bakoresheje inshinge nka Mounjaro na Wegovy, iyo bazihagaritse ibiro byabo byikuba inshuro enye ugereranyije n’abakoresha uburyo bwo...
8 January 2026 Yasuwe: 373 0

Rivaldo watandukanye na Rayon Sports mu marembo yinjira muri Kiyovu Sports

Rutahizamu wakinaga asatira izamu anyuze mu mpande muri Rayon Sports, Harerimana Abdelaziz ‘Rivaldo’, ari mu biganiro bya nyuma bimwerekeza muri Kiyovu Sports.
8 January 2026 Yasuwe: 270 0

Tshisekedi yafunze aba Jenerali 4 n’abandi basirikare “bashinjwa kumuhitana”

Amakuru atangazwa n’abanyamakuru batandukanye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aremeza ko abasirikare bakuru bo ku rwego rwa Jenerali bagera kuri bane, Colonel n’abandi basirikare bafunzwe...
8 January 2026 Yasuwe: 437 0

Centrafrique: Abasirikare b’u Rwanda bambitswe imidali kubera akazi keza bakora

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gace ka Bria muri Centrafrique, bambitswe imidali y’Umuryango w’Abibumbye mu kuzirikana umuhate wabo n’uruhare bagira mu kugarura...
8 January 2026 Yasuwe: 240 0

Abantu 100 biciwe mu gitero cya Amerika cyo gufata Maduro muri Venezuela

Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu muri Venezuela, Diosdado Cabello, yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku...
8 January 2026 Yasuwe: 373 0

Kinshasa: Gen Franck Ntumba na Ndaywel boherejwe muri gereza

Gen Franck Ntumba Buamunda wahoze ari umuyobozi w’ibiro bishinzwe igisirikare mu ngoro ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Gen Maj Christian Ndaywel Okura wayoboye urwego...
8 January 2026 Yasuwe: 327 0

Umupasiteri yajyanywe mu bitaro nyuma yo gushaka guca agahigo ko guhobera igiti amasaha 80

Pasiteri Jimmy Irungu wo mu gace ka Murang’a muri Kenya, yajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kugwa igihumure ubwo yashakaga guca agahigo ko kumara amasaha 80 ahobeye igiti.
8 January 2026 Yasuwe: 297 0