Rwanda Premier League yakoze impinduka ku ngengabihe y’imikino isoza igice kibanza cya Shampiyona, zasize Amagaju FC izakirira APR FC i Muhanga tariki ya 14 Mutarama 2026 naho Mukura VS ikahakirira...
Umuryango CPCC uharanira amahoro n’umubano mwiza w’abaturage watangaje ko impunzi 105 z’Abanye-Congo zapfiriye mu nkambi zo mu Burundi mu byumweru bibiri bishize, biturutse ahanini ku kubura...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izajya yohereza muri Amerika utugunguru tw’ibikomoka kuri peteroli nibura miliyoni 50, nyuma y’igikorwa cya gisirikare...
Bimwe mu byaha Shema Arnaud De Bosscher wamenyekanye nka DJ Toxxyk akurikiranyweho ni ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeranye n’ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti...