skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Amakipe y’i Huye azakirira APR FC na Rayon Sports i Muhanga

Rwanda Premier League yakoze impinduka ku ngengabihe y’imikino isoza igice kibanza cya Shampiyona, zasize Amagaju FC izakirira APR FC i Muhanga tariki ya 14 Mutarama 2026 naho Mukura VS ikahakirira...
7 January 2026 Yasuwe: 357 0

Nta Munya-Uganda uzongera guhabwa Visa ya Amerika adatanze ingwate y’ibihumbi 15$

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize Uganda ku rutonde rw’ibihugu abaturage babyo bazajya basabwa kubanza gutanga ibihumbi 15$ nk’ingwate, kugira ngo bahabwe Visa.
7 January 2026 Yasuwe: 360 0

Impunzi z’Abanye-Congo zirenga 100 zapfiriye mu Burundi mu byumweru bibiri

Umuryango CPCC uharanira amahoro n’umubano mwiza w’abaturage watangaje ko impunzi 105 z’Abanye-Congo zapfiriye mu nkambi zo mu Burundi mu byumweru bibiri bishize, biturutse ahanini ku kubura...
7 January 2026 Yasuwe: 384 0

Trump yatangaje ko Venezuela igiye kujya yohereza muri Amerika utugunguru miliyoni 50 tw’ibikomoka kuri peteroli

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izajya yohereza muri Amerika utugunguru tw’ibikomoka kuri peteroli nibura miliyoni 50, nyuma y’igikorwa cya gisirikare...
7 January 2026 Yasuwe: 767 0

Ibimenyetso by’ihuzagurika rya Leta y’u Burundi mu makimbirane ifitanye n’u Rwanda

Leta y’u Burundi imaze igihe igaragaza uguhuzagurika kudasanzwe mu gihe ivuga ko igerageza gukemura amakimbirane ari hagati yayo n’u Rwanda. Iyo iteye intambwe nziza uyu munsi, ejo isubira inyuma,...
7 January 2026 Yasuwe: 978 0

Hamenyekanye bimwe mu byaha DJ Toxxyk akurikiranyweho

Bimwe mu byaha Shema Arnaud De Bosscher wamenyekanye nka DJ Toxxyk akurikiranyweho ni ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeranye n’ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti...
7 January 2026 Yasuwe: 443 0

Ibitero bya Israel kuri Liban byakomeje

Igisirikare cya Israel kirwanira ku butaka, cyarashe mu bice bitandukanye byo mu majyepfo n’uburasirazuba bwa Liban.
6 January 2026 Yasuwe: 384 0

Iriya modoka uba uyifungiye iki ko batayishyizemo alcohol- Depite Mukabunani

Perezida w’Ishyaka PS Imberakuri, Depite Mukabunani Christine, yavuze ko atumva impamvu yo gufunga imodoka mu gihe uwari uyitwaye asanganywe igipimo cya ‘alcohol’ mu mubiri kirenze 0.80.
6 January 2026 Yasuwe: 567 0

2025, umwaka washaririye Shaddy Boo mu nguni zose

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yagaragaje ko umwaka wa 2025, wamushaririye akagera aho ananirwa ariko akagenda akomezwa n’abana be babiri b’abakobwa yabyaranye na Meddy Saleh, bamubaye hafi.
6 January 2026 Yasuwe: 769 0

Hafi y’ibiro bya Perezida wa Venezuela humvikanye urusaku rw’amasasu

Mu Murwa Mukuru wa Venezuela, Caracas, hafi y’ibiro bya perezida, humvikanye urusaku rw’amasasu menshi mu gihe ibintu muri icyo gihugu bitarafata umurongo.
6 January 2026 Yasuwe: 573 0