skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Massamba yagiye gutarama mu birori by’Igikombe cya Afurika muri Maroc

Umuhanzi uri mu bakomeye mu muziki gakondo nyarwanda, Massamba Intore, yerekeje mu gihugu cya Maroc aho yagiye gutaramira ibihumbi by’abakunzi b’umuziki mu birori biherekeza Igikombe cya Afurika...
6 January 2026 Yasuwe: 215 0

Tshisekedi yasubiye gutakambira Perezida wa Angola

Perezida Félix Tshisekedi, wateye umugongo amasezerano ya Luanda, yasubiye gutakambira Perezida wa Angola João Lourenço ku bijyanye no kumufasha gucogoza AFC/M23 ikomeje kumushegesha.
6 January 2026 Yasuwe: 354 0

Nyanza: Umugabo wafatiwe mu mwobo yahamijwe kugira uruhare muri Jenoside

Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana mu Karere ka Nyanza rwakatiye umugabo witwa Ntarindwa Emmanuel igifungo cy’imyaka 15 nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
5 January 2026 Yasuwe: 695 0

Kamonyi: Impanuka yahitanye umuntu umwe, ikomeretsa abandi 10

Imodoka ya minibus itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yakoreye impanuka mu muhanda Muhanga-Kigali, hapfa umuntu umwe abandi 10 barakomereka.
5 January 2026 Yasuwe: 580 0

Urukiko rwemeje ko Djihad n’abo bareganwa bakomeza gufungwa

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwashimangiye ko abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick, Ishimwe Francois Xavier na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta bakurikiranyweho...
5 January 2026 Yasuwe: 465 0

Uganda yemeje ko itazigera ikuraho internet mu gihe cy’amatora

Umunyamabanaga uhoraho muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Itumanaho, Dr Amina Zawede, yatangaje ko guverinoma idateganya gukuraho internet mu gihe cy’amatora ya Perezida azaba tariki 15 Mutarama 2026.
5 January 2026 Yasuwe: 235 0

U Bufaransa: Abantu 10 bakatiwe n’urukiko bazira kwibasira Brigitte Macron

Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron, umugore wa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, hifashishijwe imbuga nkoranyambaga.
5 January 2026 Yasuwe: 355 0

Perezida Kagame yashimiye Mamadi Doumbouya watorewe kuyobora Guinée-Conakry

Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée-Conakry, Mamadi Doumbouya, watorewe kuyobora iki gihugu.
5 January 2026 Yasuwe: 371 0

Uwari Visi Perezida wa Kenya yasabye Trump kuyigabaho igitero nk’icyo muri Venezuela

Uwari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yasabye Perezida Donald Trump, kugaba igitero cya gisirikare muri Kenya gisa n’icyo aherutse kugaba muri Venezuela.
5 January 2026 Yasuwe: 523 0

Perezida wa Colombie yaburiye Amerika ishaka kumufunga nka Maduro

Perezida wa Colombie, Gustavo Petro, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhagarika kumutera ubwoba, ahubwo ngo niba ibishoboye ijye kumufunga vuba nk’uko ibyigamba.
5 January 2026 Yasuwe: 943 0