Inzu ndangamurage ya Louvre iherereye mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere, yafunzwe kubera imyigaragambyo y’abakozi, basaba ko hongerwa abakozi ndetse n’iyi nyubako igasanwa.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko Cuba itazongera kubona peteroli n’amafaranga biturutse muri Venezuela, aburira iki gihugu kiyoborwa na Miguel Diaz-Canel, kugirana...
Umujyi wa Kigali wagaragaje ko hamaze gukorwa inyigo y’ahazubakwa gare ya Nyabugogo, ariko usaba Komisiyo Ishinzwe Ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, kuwukorera...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran yasabye kujya mu biganiro nyuma y’aho ayiburiye ko azayigabaho ibitero mu gihe abigaragambya bakomeza kwicwa.
Leta y’u Burundi iri kubuza nkana ibihumbi by’impunzi z’Abanye-Congo gutaha ku bushake mu gihe umutekano wo mu bice ihuriro AFC/M23 rigenzura muri teritwari ya Uvira wamaze kugaruka.
Tom Close uri mu bahanzi bamaze igihe mu muziki w’u Rwanda yahamije ko Element EleéeH ariwe muhanzi utanga icyizere cyo kuba ikirangirire mu muziki w’Isi.
Akantorana Richard afite umugore n’abana babiri. I Kampala muri Uganda, yahakoraga akazi ko gusukura iguriro ariko rimwe na rimwe agatwara abagenzi kuri moto mu rwego rwo kugerageza kongera...
Umukinnyi wa filime wabaye nyampinga w’u Bufaransa mu 2000, Sonia Rolland, yatangaje ko iyo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikorana n’u Rwanda mu myaka 30 ishize, yari kuba igihugu cya...