skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Rutsiro: Yapfiriye mu murima w’umuturage yibagamo amabuye y’agaciro

Ntawigenera w’imyaka 27 y’amavuko yagwiriwe n’igitaka cyaridukiye mu mwobo yacukuragamo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko, mu isambu y’umuturage witwa Mukabera Claudine mu Mudugudu wa...
18 January 2026 Yasuwe: 561 0

Kiliziya yitandukanyije n’abavuze ko babonekewe na Bikira Mariya i Musanze

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda ndetse n’ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze, bwitandukanyije n’amakuru yatangajwe, ashimangira ko muri aka karere habereye amabonekerwa ya Bikira Mariya.
18 January 2026 Yasuwe: 1095 0

Umuforomo yatawe muri yombi azira gukubita umwana w’imyaka itanu yavuraga

Umuforomo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, i New York, yatawe muri yombi nyuma y’uko hagaragaye amashusho akubita umwana w’imyaka itanu ufite ubumuga, yari amaze imyaka irenga itatu avura.
18 January 2026 Yasuwe: 419 0

IShowSpeed wasuzuguriwe muri Algeria yahavuye shishi itabona

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. uzwi ku mazina ya IShowSpeed ari na yo akoresha cyane ku mbuga nkoranyambaga, yasuzuguriwe muri Algeria aterwa amacupa n’abafana asohoka muri stade shishi...
18 January 2026 Yasuwe: 708 0

Elon Musk yajyanye mu nkiko OpenAI na Microsoft, asaba indishyi ya miliyari 134$

Elon Musk yajyanye mu nkiko ibigo bya OpenAI ari nayo ifite ikoranabuhanga rya ChatGPT na Microsoft, asaba guhabwa indishyi ya miliyari 134$, abishinja kubona inyungu zinyuranyije n’amategeko.
18 January 2026 Yasuwe: 313 0

RDB yagaragaje impungenge ku kwiyongera kwa ba rushimusi muri Pariki y’Ibirunga

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwagaragaje ko rutewe impungenge n’ubwiyongere bw’imitego y’inyamaswa muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, rushimangira ko bikwiye gukangura abaturanye na...
18 January 2026 Yasuwe: 386 0

Ntabwo bizadukanga- Macron ku misoro Trump yashyiriyeho ibihugu bidashaka ko yigarurira Greenland

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko nta bikangisho cyangwa ibikorwa by’iterabwoba bizagira icyo bihindura ku Bufaransa ku bijyanye no gushyigikira ubusugire n’ubwigenge bw’ibihugu.
18 January 2026 Yasuwe: 437 0

Bruno Ferry yaryumyeho abajijwe abakinnyi ba Rayon Sports bahagaritswe

Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yabajijwe ku bibazo bivugwa mu ikipe birimo guhagarika bamwe mu bakinnyi, avuga ko nta mpamvu yo kubishyira ku karubanda ahubwo bizakemukira imbere mu ikipe.
18 January 2026 Yasuwe: 477 0

Hagaragajwe impungenge ko Amerika ishobora kwikura muri NATO

Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubutabarane wa NATO, Jens Stoltenberg, yavuze ko adashobora gutanga icyizere ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizakomeza kuba muri uwo muryango.
18 January 2026 Yasuwe: 439 0

Trump ntagiteye Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yavuze ko yahisemo kutagaba ibitero kuri Iran, ndetse ashimangira ko icyemezo yagifashe wenyine, kuko atigeze agirwa inama n’ibindi bihugu mu...
18 January 2026 Yasuwe: 563 0