Umuforomo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, i New York, yatawe muri yombi nyuma y’uko hagaragaye amashusho akubita umwana w’imyaka itanu ufite ubumuga, yari amaze imyaka irenga itatu avura.
Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. uzwi ku mazina ya IShowSpeed ari na yo akoresha cyane ku mbuga nkoranyambaga, yasuzuguriwe muri Algeria aterwa amacupa n’abafana asohoka muri stade shishi...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko nta bikangisho cyangwa ibikorwa by’iterabwoba bizagira icyo bihindura ku Bufaransa ku bijyanye no gushyigikira ubusugire n’ubwigenge bw’ibihugu.
Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yabajijwe ku bibazo bivugwa mu ikipe birimo guhagarika bamwe mu bakinnyi, avuga ko nta mpamvu yo kubishyira ku karubanda ahubwo bizakemukira imbere mu ikipe.
Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubutabarane wa NATO, Jens Stoltenberg, yavuze ko adashobora gutanga icyizere ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizakomeza kuba muri uwo muryango.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yavuze ko yahisemo kutagaba ibitero kuri Iran, ndetse ashimangira ko icyemezo yagifashe wenyine, kuko atigeze agirwa inama n’ibindi bihugu mu...