Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu minsi 10 ya nyuma y’ukwezi kwa Mutarama 2026, hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 7 na 110, ikaba iri ku kigero...
Perezida wa Amerika Donald Trump yashyize hanze ubutumwa yandikiwe na mugenzi we w’u Bufaransa Emmanuel Macron ku bibazo bitandukanye birimo ibya Greenland, Iran, Ukraine n’ibindi byuharije Isi.
Mu Karere ka Rutsiro hatangiye iperereza ku rupfu rwa Mukahigiro Marie Jeanne w’imyaka 51 n’umukobwa we witwa Mutuyimana Annonciate w’imyaka 23 basanzwe munsi y’igitanda bapfuye.
Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi wamenyekanye nka Bobi Wine mu muziki, yagaragaje ko yifuza gutaha iwe mu rugo nyuma y’iminsi amaze mu buhungiro, ndetse ko...
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, Regis Rugemanshuro, yatangaje ko umwaka wa 2025 usize umutungo wayo wikubye kabiri mu myaka itanu ishize ugera kuri miliyari 3000,2 Frw.
Nyuma y’ibiganiro hagati y’impande zombi The Ben yisubiyeho akura ku mbuga nkoranyambaga ifoto yari yifashishije agaragaza ko ibitaramo Bruce Melodie yatangaje bizazenguruka Igihugu ari ibihuha.