skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

U Rwanda rwakiriye abarwanyi bavuye muri FDLR

Mu gihe cy’iminsi itatu, u Rwanda rwakiriye abarwanyi 33 bahoze barwana mu mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, irimo umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Nyatura na...
24 January 2026 Yasuwe: 894 0

Urunturuntu hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umuyobozi w’Ishyaka CNDD-FDD

Ubuyobozi bwo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi bushobora guhinduka ku wa 25 Mutarama 2025 mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba hagati yabwo na Perezida Evariste Ndayishimiye.
24 January 2026 Yasuwe: 713 0

Côte d’Ivoire: Murumuna wa Alassane Ouattara yagizwe Minisitiri w’Intebe wungirije

Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, ubwo yashyiragaho guverinoma nshya, yashyizeho umwanya mushya wa Minisitiri w’Intebe wungirije, awushyiramo murumuna we Téné Birahima Ouattara.
24 January 2026 Yasuwe: 368 0

Igiciro cya Zabahu cyatumbagiye

Igiciro cya Zahabu cyageze ku madolari 151,75 ku igarama rimwe nyuma y’aho abashoramari batangiye kuzigura ku bwinshi mu kuzigama imitungo yabo kugira ngo idatakaza agaciro.
24 January 2026 Yasuwe: 480 0

Abanyarwanda bakunda imanza? Ubwiyongere bw’izaburanishijwe mu myaka 10

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko imanza za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zazamutse kuva mu myaka 10 ishize kuko zavuye ku zitageze kuri 40 mu 2016 zigera ku 1.344 mu...
24 January 2026 Yasuwe: 181 0

Itsinda ry’abasirikare ba Uganda ryateye urugo rwa Bobi Wine

Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine akaba aherutse gustindwa amatora muri Uganda, urugo rwe rwatewe n’abasirikare ba Uganda mu masaha y’igicuku.
24 January 2026 Yasuwe: 619 0

A$AP Rocky yahishuye ko we na Rihanna bashobora kubyara abana 12

A$AP Rocky yagaragaje ko we na Rihanna bashobora kuzabyara abana benshi ku buryo bazageza ku mubare nk’uwa Nick Canon wabyaye abana 12.
23 January 2026 Yasuwe: 386 0

Ubushomeri mu rubyiruko bwageze kuri 14,1%

Raporo nshya ku bijyanye n’umurimo mu Rwanda (Labour Force Survey), y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko mu gihembwe cya Kane cy’umwaka wa 2025 ubushomeri mu rubyiruko...
23 January 2026 Yasuwe: 217 0

Amerika yavuye burundu muri OMS

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zavuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ku mpamvu zirimo ko iri shami ryitwaye nabi mu guhangana n’icyorezo cya COVID-19,...
23 January 2026 Yasuwe: 306 0

U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?

Ibihugu birenga 50 byo mu mpande zitandukanye z’Isi byamaze guhabwa ubutumire bwo kwinjira muri Board of Peace, urwego rushya rwashyizweho na Perezida Donald Trump aho nibura 20 muri byo byamaze...
23 January 2026 Yasuwe: 426 0