Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba rya Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yatangaje ko yakomerekeye bikomeye mu rukundo yahozemo, aho yemeza ko ubu yashinze imizi mu kwishakira amafaranga...
Capt. Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 muri gereza azira kwifata amashusho ari kumwe n’abagenzi be ubwo...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko muri rusange umubare w’abahitanwa n’impanuka zo mu muhanda wagabanyutse ivuga ko mu mezi atanu ashize mu turere twa Rusizi na Nyamasheke impanuka zo mu muhanda...
Intumwa za Perezida Donald Trump zirimo Umujyanama we, Steve Witkoff n’umukwe we Jared Kushner hamwe na Josh Gruenbaum, bamaze amasaha arenga atatu baganira na Putin ku ngingo zibura ngo...
Ubushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu mashuri biganjemo abangavu bahohoterwa kugeza no ku guterwa inda, ndetse abarenga 70% babyaye muri ubwo...
Intambara iragatsindwa, ntabwo wayifuriza uwawe na cyane ko isenya aho kubaka. Ukraine ni igihugu cyari kiri mu bikize, Abanyafurika barabizi ku bijyanye n’ibinyampeke, ariko ubu iyo wanditse...