Itsinda ry’abashakashatsi bo muri NHS Blood and Transplant rifatanyije n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Bristol yo mu Bwongereza ryavumbuye ubwoko bushya bw’amaraso bwiswe MAL, bukaba ari ubwa...
Polisi ya Australia yatangaje ko abagore babiri n’umugabo umwe bapfuye barashwe n’umuntu utaramenyekana, akomeretsa undi umwe ubwo bari mu mujyi muto wa Lake Cargelligo uri hagati muri New South...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yacishije make ku ngingo yo kwigarurira ikirwa cya Greenland, avuga ko atazakoresha imbaraga cyangwa ibihano kuzamwitambika.
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports, Bruno Ferry, yavuze ko mu bindi bice byagenze neza ariko ko ibintu byapfiriye mu bwugarizi mu mukino banganyijemo na Al Merrikh SC ibitego 2-2.