Uwahoze ari umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Uwacu Jean Bosco, kuri ubu wari Umutoza Wungirije w’Ikipe ya Sunrise FC ikina mu Cyiciro cya Kabiri, yitabye Imana azize uburwayi.
Nyuma y’amasaha make ubuyobozi bwa 1:55 AM Ltd butangaje ko bugiye gukora ibitaramo bizenguruka Igihugu, The Ben yabyamaganye ahamya ko amakuru yabyo ari ibihuha bidafite icyo bishingiyeho.
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kugaragaza u Rwanda nk’ikibazo ku mutekano wo mu karere, avuga ko utatandukanya ingabo zarwo n’imitwe ya RED Tabara na M23, yirengagiza...
Senateri Dr. Charles Murigande yagaragaje ko bitumvikana ko mu Rwanda habaho abantu bicwa n’inzara kandi ruri mu bihugu bigira imvura ishobora gufasha mu buhinzi, asaba ko hashyirwa imbaraga mu...
Ndoli Jean Claude utoza abanyezamu ba APR Women Football Club, yafatanywe ibisa n’amarozi ku mukino wahuje iyi kipe na Macuba WFC yo mu Karere ka Nyamasheke.
Ku nshuro ya mbere, Kenguruka Delia Chainese Ketina wahoze ari umwe mu bakobwa bari bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Burundi 2025, yahishuye impamvu nyakuri yatumye ava muri iri rushanwa ageze...
Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bufatanyije n’ubwa Rwanda Premier League bwamaganye ibikorwa bisa n’imyigaragambyo byaranze abafana ba APR FC.
Umunyamerika, akaba n’umusesenguzi mu bya politiki, Chuck Rocha, yavuze ko u Rwanda rufite isuku kurusha Umurwa Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Washington D.C.