Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu mezi atanu (kuva ku wa 1 Nzeri 2025 kugeza ku wa 15 Mutarama 2026) mu Rwanda habaye ibiza birenga 470, bihitana abantu 67 bikomeretsa...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yinjiye mu kibazo cy’umukobwa warikoroje, nyuma yo kuvuga ko urubyiruko rw’u Rwanda rukennye.
Uwari umuganga w’abakinnyi ba Rayon Sports, Dr Mugemana Charles, uheruka kwitaba Imana, yasezeweho bwa nyuma i Kigali kuri iki Cyumweru, tariki ya 18 Mutarama 2026, mu muhango witabiriwe...
Kuri iki Cyumweru, ibikorwa byo gusahura no gusenyera abaturage byatangiye kugaragara mu Mujyi wa Uvira, uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC)...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inzego z’umutekano zataye muri yombi umusirikare mukuru wa FARDC, General Bolingo Matani, wari wungirije General Tshibangu, uyobora Akarere ka 21 ka...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gushakisha no guta muri yombi abagizi ba nabi baraye bateze igico abanyerondo bari batabaye umuturage bakabatema, ahagana saa saba z’ijoro rishyira kuri iki...