skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ruhango: Babiri bashyiriye Polisi ruswa ihita ibata muri yombi

Polisi y’u Rwanda (RNP) yataye muri yombi umugabo w’imyaka 56 n’umugore w’imyaka 65 nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gutanga ruswa ku nzego z’umutekano y’ibihumbi 50 Frw.
21 January 2026 Yasuwe: 575 0

Gates Foundation na OpenAI byatangije umushinga w’ubuzima wa miliyari 72 Frw uzatangirira mu Rwanda

Ibigo Gates Foundation na OpenAI bigiye gutangiza umushinga wa miliyoni 50$ (arenga miliyari 72 Frw) uzafasha ibigo bya Afurika gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu rwego...
21 January 2026 Yasuwe: 577 0

Umushoferi utwara ikinyabiga yanyoye ibisindisha ni umwicanyi – IGP

I Rusizi mu murenge wa Muganza, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu yakebuye abatwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha ko batazihanganirwa.
21 January 2026 Yasuwe: 457 0

Kigali: Abana batatu batwawe n’umuvu w’amazi umwe arapfa

Imvura yaguye ku gicamunsi cy’itariki ya 20 Mutarama 2026 yateje umuvu w’amazi utwara abantu batatu bari bugamye munsi y’ikiraro mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, umwe muri bo aburirwa...
21 January 2026 Yasuwe: 490 0

Igikombe cya Shampiyona kiri mu biganza byacu - Murenzi Abdallah

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yashimangiye ko iyi kipe ifite amahirwe menshi ku Gikombe cya Shampiyona n’icy’Amahoro byo muri uyu mwaka w’imikino wa 2025/26.
21 January 2026 Yasuwe: 529 0

Ibyiza byo guhoberana ku buzima bw’umuntu

Buri tariki 21 Mutarama, Isi izirikana umunsi Mpuzamahanga wo guhoberana.
21 January 2026 Yasuwe: 765 0

Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 22,2 Frw

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije igihugu...
21 January 2026 Yasuwe: 158 0

Ingufu z’izuba zishobora kwangiza imikorere ya satellite

Urwego rushinzwe iteganyagihe ryo mu isanzure, SWPC (Service’s Space Weather Prediction Center) rwatangaje ko izuba riherutse kurekura ingufu ziri ku rwego rwo hejuru, zishobora kugira ingaruka ku...
21 January 2026 Yasuwe: 245 0

“Papaoutai” ya Stromae yakoreye Se wishwe muri Jenoside yongeye guca ibintu nyuma y’imyaka 13 isohotse

Indirimbo “Papaoutai’’ y’Umuhanzi Stromae ufite inkomoko kuri Se w’Umunyarwanda, ariko uba mu Bubiligi, yongeye guca ibintu nyuma y’imyaka 13 igiye hanze.
21 January 2026 Yasuwe: 477 0

Indege yari itwaye Perezida Trump yagize ikibazo

Air Force One, indege isanzwe itwara Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, yagiye ikibazo cyatumye isubika urugendo, igaruka ku kibuga cy’indege ubwo yari itwaye Perezida Donald Trump n’abo...
21 January 2026 Yasuwe: 498 0