Uruganda iVision Tech rwatangaje ko umubare w’abakiliya barugana watumbagiye nyuma y’aho Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, agaragaye mu nama mpuzamahanga y’ubukungu i Davos mu Busuwisi...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko amato y’intambara y’icyo Gihugu yerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati, ibyazamuye umwuka w’intambara ishobora guhanganisha Amerika...
Ubushakashatsi bwakorewe mu bitaro bya kaminuza ya Ghent mu Bubiligi bwagaragaje ko abagabo bane mu 10 cyangwa 40% batanyurwa n’uburebure bw’ibitsina byabo, mu gihe abagore bo bita cyane ku...
Village Urugwiro ni ibiro by’Umukuru w’Igihugu biherereye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Byatangiye gukoreshwa bihoraho mu myaka irenga 30 ishize ubwo Pasteur Bizimungu yayoboraga u...