skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Nangaa yaburiye ingabo za Leta ya RDC zikomeje ubugizi bwa nabi muri Uvira

Umuyobozi wa AFC/M23, Corneille Nangaa, yaburiye ihuriro ry’ingabo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko nirikomeza ubugizi bwa nabi mu Mujyi wa Uvira, abarwanyi...
28 January 2026 Yasuwe: 481 0

Abarikorewe biyongereyeho ibihumbi 10: Ishusho y’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yagaragaje ko ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Rwanda bigenda byiyongera aho mu myaka itanu ishize abagana ibigo by’ubuvuzi bahuye na ryo biyongereyeho...
28 January 2026 Yasuwe: 393 0

Ukraine yamaze gutunganya umushinga wa Amerika wo guhagarika intambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko umushinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ujyanye no kurinda umutekano muri Ukraine wamaze gutunganywa ku kigero cya 100%.
27 January 2026 Yasuwe: 525 0

Google igiye kwishyura miliyoni 68$ kubera gufata amakuru y’abantu nta ruhushya

Google yageze ku masezerano y’ibanze yo kwishyura miliyoni 68$ mu rubanza yashinjwagamo gukoresha ikoranabuhanga ryayo ryo gufata amajwi rizwi nka ‘Google Assistant’ mu gukusanya amakuru yihariye...
27 January 2026 Yasuwe: 331 0

RDB yaburiye abakomeje kwiyitirira ’Visit Rwanda’

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwakebuye abarwiyitirira cyangwa abakora ibikorwa by’imenyekanisha byamamaza ikirango cy’ubukerarugendo cya ‘Visit Rwanda’.
27 January 2026 Yasuwe: 495 0

Maroc yasaruye arenga miliyari 2600 Frw mu Gikombe cya Afurika

Guverinoma ya Maroc yatangaje ko yasaruye miliyari 1,5 z’Amayero [arenga miliyari 2600 Frw], mu Gikombe cya Afurika giheruka kuhabera, nubwo itarunguka ayo yashoye.
27 January 2026 Yasuwe: 403 0

Amerika ishobora kubabarira abarwanyi ba Hamas mu gihe bamanika intwaro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora gutanga imbabazi ku barwanyi b’umutwe wa Hamas mu gihe bazemera kumanika intwaro, nka kimwe mu bikubiye mu mushinga w’amahoro wateguwe na leta ya Washington D.C.
27 January 2026 Yasuwe: 321 0

Sobanukirwa icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ku itariki ya 19 Mutarama 2026 ko rwafunze umwarimu muri Kaminuza akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga ndetse...
27 January 2026 Yasuwe: 662 0

NATO yavuze ko Uburayi buri “kurota” niba butekereza ko bwakwitabara butari kumwe na Amerika

Umunyamabanga Mukuru wa NATO, Mark Rutte, yabwiye Uburayi ko bukwiye “gukomeza kurota” niba butekereza ko bwakwitabara bwonyine butari kumwe n’inkunga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
27 January 2026 Yasuwe: 446 0

Brésil yiyongereye mu bihugu bishaka kwakira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2029

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Brésil (CBF), ryemeje ko ryatanze ubusabe bwo kwakira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba mu 2029, nubwo FIFA itaratangaza ibizagenderwaho hakirwa iri rushanwa.
27 January 2026 Yasuwe: 290 0