Umuyobozi wa AFC/M23, Corneille Nangaa, yaburiye ihuriro ry’ingabo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko nirikomeza ubugizi bwa nabi mu Mujyi wa Uvira, abarwanyi...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yagaragaje ko ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Rwanda bigenda byiyongera aho mu myaka itanu ishize abagana ibigo by’ubuvuzi bahuye na ryo biyongereyeho...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko umushinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ujyanye no kurinda umutekano muri Ukraine wamaze gutunganywa ku kigero cya 100%.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora gutanga imbabazi ku barwanyi b’umutwe wa Hamas mu gihe bazemera kumanika intwaro, nka kimwe mu bikubiye mu mushinga w’amahoro wateguwe na leta ya Washington D.C.
Umunyamabanga Mukuru wa NATO, Mark Rutte, yabwiye Uburayi ko bukwiye “gukomeza kurota” niba butekereza ko bwakwitabara bwonyine butari kumwe n’inkunga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.