Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwandagarijwe mu rubanza bushinjamo Gen Philémon Yav Irung gukorana na Leta y’u Rwanda.
Umusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro afunzwe akekwaho gusambanya umwana wo kwa nyirasenge w’imyaka icyenda, babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi babo bombi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Nicki Minaj amwita “umuraperikazi ukomeye kurusha abandi bose mu mateka,” anatera urwenya ko agiye gutereka inzara ze kugira ngo...
Uwera Jean Maurice wagizwe Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma yavuze ko yaraye adasinziriye nyuma yo guhabwa izi nshingano ndetse avuga ko zimwe mu ntego ze ari uko imbuga nkoranyambaga zigirwa...
Donald Trump yaburiye Iran ko igihe kiri kuyoyoka cyo kuganira na yo ibijyanye na gahunda y’ingufu za nucléaire, agaragaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwiyubaka mu Burasirazuba bwo...