skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwinyuzemo mu rubanza bushinjamo Gen Yav gukorana n’u Rwanda

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwandagarijwe mu rubanza bushinjamo Gen Philémon Yav Irung gukorana na Leta y’u Rwanda.
29 January 2026 Yasuwe: 357 0

U Burusiya bwashyikirije Ukraine imirambo 1000 y’abasirikare bayo

Ufasha Perezida w’u Burusiya mu mirimo itandukanye, Vladimir Medinsky, yatangaje ko igihugu cyabo cyahaye Ukraine imirambo 1000 y’abasirikare bayo baguye ku rugamba mu gihe cyo cyakiriye...
29 January 2026 Yasuwe: 356 0

Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afunzwe akekwaho gusambanya mubyara we w’imyaka icyenda

Umusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro afunzwe akekwaho gusambanya umwana wo kwa nyirasenge w’imyaka icyenda, babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi babo bombi.
29 January 2026 Yasuwe: 430 0

U Rwanda na Mexique byizihije imyaka 50 y’umubano utajegajega

U Rwanda na Mexique byizihije isabukuru y’imyaka 50 y’umubano w’ibihugu byombi, hishimirwa ibimaze kugerwaho mu mishinga bifitanye mu nzego zitandukanye igamije guteza imbere abaturage babyo.
29 January 2026 Yasuwe: 255 0

Kamonyi: Aborozi b’amasazi batakambiye Abasenateri

Ubwo Abasenateri bakomerezaga mu Karere ka Kamonyi urugendo rwo gusura ibikorwa by’ubworozi by’abaturage, aborora amasazi y’umukara avamo ibiryo by’amatungo bagaragaje ko kubona imyanda ihagije...
29 January 2026 Yasuwe: 495 0

Minisitiri Nduhungirehe yibukije Inteko ya EU ko nta bubasha ifite ku Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yibukije Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ko nta bubasha ifite ku Rwanda ku buryo...
29 January 2026 Yasuwe: 679 0

Niger: Humvikanye urusaku rw’amasasu hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga

Urusaku rw’amasasu n’ibiturika byumvikanye muri Niger hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Diori Hamani kiri mu mujyi wa Niamey nkuko byemejwe n’inzego z’ubuyobozi.
29 January 2026 Yasuwe: 287 0

Nazikunze cyane! Perezida Trump yiyemeje gutereka inzara ze zikaba ndende nk’iza Nicki Minaj

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimye Nicki Minaj amwita “umuraperikazi ukomeye kurusha abandi bose mu mateka,” anatera urwenya ko agiye gutereka inzara ze kugira ngo...
29 January 2026 Yasuwe: 376 0

Imbuga nkoranyambaga zigomba kuba Monitize! Ibyo Uwera Jean Maurice agiye gukorera ubuvugizi

Uwera Jean Maurice wagizwe Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma yavuze ko yaraye adasinziriye nyuma yo guhabwa izi nshingano ndetse avuga ko zimwe mu ntego ze ari uko imbuga nkoranyambaga zigirwa...
29 January 2026 Yasuwe: 436 0

Trump yaburiye Iran ko igihe cyo kuganira kiri kuyoyoka, Amerika yiteguye

Donald Trump yaburiye Iran ko igihe kiri kuyoyoka cyo kuganira na yo ibijyanye na gahunda y’ingufu za nucléaire, agaragaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwiyubaka mu Burasirazuba bwo...
28 January 2026 Yasuwe: 409 0