skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Icyemezo cya Keir Starmer cyo guhagarika kohereza abimukira mu Rwanda cyagaragajwe nk’ubugambanyi

Umuyobozi wo mu ishyaka ry’Aba-Consérvateurs ushinzwe gukurikirana ibijyanye n’umutekano w’imbere mu gihugu, Chris Philp, yavuze ko icyemezo cya Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer cyo guhagarika...
2 February 2026 Yasuwe: 191 0

Trevor Noah yibasiye Nicki Minaj kubera umubano afitanye na Trump

Mu birori byo gutanga ibihembo bya Grammy, umunyarwenya Trevor Noah, yibasiye Nicki Minaj kubera umubano afitanye na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
2 February 2026 Yasuwe: 166 0

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC yifashishije urupfu rw’abarenga 200 muri Rubaya mu nyungu za politiki

Ihuriro AFC/M23 ryamaganye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko urupfu rw’abarenga 200 barimo abacukuraga amabuye y’agaciro mu gace ka Rubaya ari ingaruka z’uko...
2 February 2026 Yasuwe: 208 0

Umwarimu wiyeguriye politiki, arwanya akarenganane - Ibyaranze ubuzima bw’intwari Agathe Uwilingiyimana

Agathe Uwilingiyimana ni umwe mu Ntwari z’u iri mu cyiciro cy’Imena. Yibukirwa ku bikorwa bitandukanye yakoze birimo guharanira uburenganzira bungana ku bantu bose mu burezi, no guhangana byeruye...
2 February 2026 Yasuwe: 271 0

Claude Ibalanky wakoranye bya hafi na Tshisekedi ashaka gukorana na AFC/M23

Umunyapolitiki Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ashaka gukorana n’ihuriro AFC/M23.
31 January 2026 Yasuwe: 791 0

Abasirikare b’u Burundi bafite pasiporo zisanzwe bagiye kuzamburwa

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Burundi, Gen Prime Niyongabo, yamenyesheje abasirikare bose bafite pasiporo zisanzwe cyangwa ibindi byangombwa bisabwa abajya mu mahanga, ko bagiye kubyamburwa.
31 January 2026 Yasuwe: 613 0

Rayon Sports yahagaritse imyitozo kubera kudahembwa

Abakinnyi ba Rayon Sports banze gukora imyitozo yo kuri uyu wa Gatandatu kubera ibirarane by’imishahara y’amezi abiri ikipe yabo ibafitiye.
31 January 2026 Yasuwe: 810 0

AG Promoter yakoze ubukwe na Micky

Kuri uyu wa 31 Mutarama 2026, Agiraneza Pacifique wamamaye nka AG Promoter yakoze ubukwe na Mukobwajana Asifiwe uzwi nka Micky, mu birori byabimburiwe n’umuhango wo gusaba no gukwa.
31 January 2026 Yasuwe: 683 0

Mu mvugo nyandagazi, Perezida wa Niger yibasiye Macron, Talon na Ouattara

Perezida wa Niger, Gen Abdourahamane Tiani, yibasiye bikomeye mugenzi we uyobora u Bufaransa, uwa Côte d’Ivoire na Bénin akoresheje imvugo nyandagazi, abashinja gushyigikira abahungabanya umutekano...
31 January 2026 Yasuwe: 1101 0

Umusirikare ushinzwe umutekano wa Tshisekedi yarezwe urugomo mu Bubiligi

Abanyapolitiki batatu bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batanze ikirego mu nzego zitandukanye zo mu Bubiligi, bashinja umusirikare ushinzwe umutekano wa Perezida Félix...
31 January 2026 Yasuwe: 899 0