Umuyobozi wo mu ishyaka ry’Aba-Consérvateurs ushinzwe gukurikirana ibijyanye n’umutekano w’imbere mu gihugu, Chris Philp, yavuze ko icyemezo cya Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer cyo guhagarika...
Mu birori byo gutanga ibihembo bya Grammy, umunyarwenya Trevor Noah, yibasiye Nicki Minaj kubera umubano afitanye na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
Agathe Uwilingiyimana ni umwe mu Ntwari z’u iri mu cyiciro cy’Imena. Yibukirwa ku bikorwa bitandukanye yakoze birimo guharanira uburenganzira bungana ku bantu bose mu burezi, no guhangana byeruye...
Umunyapolitiki Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ashaka gukorana n’ihuriro AFC/M23.
Kuri uyu wa 31 Mutarama 2026, Agiraneza Pacifique wamamaye nka AG Promoter yakoze ubukwe na Mukobwajana Asifiwe uzwi nka Micky, mu birori byabimburiwe n’umuhango wo gusaba no gukwa.
Perezida wa Niger, Gen Abdourahamane Tiani, yibasiye bikomeye mugenzi we uyobora u Bufaransa, uwa Côte d’Ivoire na Bénin akoresheje imvugo nyandagazi, abashinja gushyigikira abahungabanya umutekano...
Abanyapolitiki batatu bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batanze ikirego mu nzego zitandukanye zo mu Bubiligi, bashinja umusirikare ushinzwe umutekano wa Perezida Félix...