skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

U Bufaransa: Marine Le Pen akomeje guhura n’uruva gusenya

Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwasabye ko urukiko rw’ubujurire rwagumishaho ibihano byafatiwe Umunyapolitiki wo mu Bufaransa Marine Le Pen, bimubuza guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu, mu...
5 February 2026 Yasuwe: 407 0

Nyarugenge: Abajura bibye telefone bihisha muri ‘rigole’ babura uko bavamo

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yinjiye mu kibazo cy’abantu babiri biriwe muri ‘rigole’ y’amazi i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge nyuma yo gushikuza abantu telefone...
5 February 2026 Yasuwe: 854 0

Bizafata igihe - Boulos ku mahoro yo mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Umujyanama wihariye ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko kugira ngo amahoro aboneke mu karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari...
4 February 2026 Yasuwe: 359 0

Minisitiri Dr.Bizimana yasabye Juno Kizigenza gukura izina ‘Rutwitsi’ mu yo akoresha

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yasabye ko Juno Kizigenza yakura izina “Rutwitsi” mu mazina akoresha.
4 February 2026 Yasuwe: 417 0

Umunyamerika wunganira Bobi Wine yirukanywe muri Uganda

Inzego z’umutekano za Uganda zirukanye umunyamategeko ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wunganira umunyapoliti Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa...
4 February 2026 Yasuwe: 366 0

Urukiko rwategetse ko Dr. Manirakiza ukurikiranyweho gusambanya abana, afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr. Manirakiza Benjamin ukurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana, afungwa iminsi 30 y’agateganyo, kuko hari impamvu zikomeye zituma bagomba...
4 February 2026 Yasuwe: 225 0

Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyari 15,7 Frw mu minsi ine

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’Ubworozi (NAEB), cyatangaje ko kuva tariki 26-30 Mutarama 2026,u Rwanda rwinjije arenga miliyari 10.854.187$...
4 February 2026 Yasuwe: 136 0

APR FC yatsinze Gasogi United ifata umwanya wa mbere muri Shampiyona

APR FC yatsinze Gasogi United ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona, ifata umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona rw’agateganyo.
4 February 2026 Yasuwe: 401 0

Kamonyi: Inzozi z’uwasambanyijwe ku myaka 14 avuye ku ishuri

Imyaka ibiri irashize Gatesi Aliane (yahinduriwe amazina) wo mu Mudugudu wa Nyamirembe, Akagali ka Rukambura, Umurenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi, asambanyijwe n’umugabo atamenye, ubwo hari...
4 February 2026 Yasuwe: 378 0

Melinda Gate yavuze ku birego bivugwamo Bill Gate wari umugabo we

Melinda Frensh Gates yagarutse ku birego bya Epstain byo gucuruza abantu hagamijwe imibonano mpuzabitsina bivugwamo abarimo Billgate wari umugabo we avuga, bidakwiye ko hari umukobwa unyura muri...
4 February 2026 Yasuwe: 354 0