skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Nimpfa bazanshyingure hano - Inkuru ya Somar Talat, Umunya-Syria u Rwanda rwakiriye yabuze epfo na ruguru

Somar Talat ni Umunya-Syria wazengurutse ibihugu byinshi, ariko aza kwiyemeza gutura mu Rwanda no kugira ibyo ahakorera, nyuma yo kubona ko ari igihugu kizamufasha kurenga ingaruka z’amateka mabi...
8 February 2026 Yasuwe: 409 0

Ubuhamya bwa Mukakamanzi wakize kanseri y’inkondo y’umura

Mukakamanzi Anathalie ni umubyeyi w’abana batanu, ufite ubuhamya bukomeye bw’uko yakize kanseri y’inkondo y’umura. Akimara kumenya ko arwaye iyi kanseri yumvise ubuzima burangiye, ndetse...
8 February 2026 Yasuwe: 902 0

Shema Fabrice yashyizwe mu bagize Komite Nyobozi ya CECAFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ni umwe mu batorewe kuba muri Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe rya Ruhago muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati (CECAFA).
8 February 2026 Yasuwe: 179 0

Antoine Cardinal Kambanda yibukije uruhare rwa Kiliziya mu gutegura abayobozi beza b’ejo hazaza

Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yibukije ko Kiliziya Gatolika muri Afurika igomba kugira uruhare mu kubaka uburezi buhamye no gutegura abayobozi beza b’ejo hazaza.
8 February 2026 Yasuwe: 149 0

Uko urubyiruko rw’Abanyafurika rwisanga mu ntambara yo muri Ukraine

Mu bihugu byinshi byo muri Afurika, ubushomeri butuma urubyiruko rwisanga mu ngabo z’u Burusiya nyuma yo kwizezwa ibitangaza birimo umushahara mwiza, kubaho neza n’ibindi, rukoherezwa mu ntambara...
8 February 2026 Yasuwe: 217 0

Afurika y’Epfo igiye gukura ingabo zayo muri MONUSCO

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yamenyesheje Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, icyemezo cya Guverinoma ye, cyo gukura abasirikare bayo mu ngabo ziri mu...
8 February 2026 Yasuwe: 219 0

Yatawe muri yombi azira kwigamba ko azica Visi Perezida wa Amerika

Minisiteri y’Ubutabera ya Amerika yatanze ikirego ku mugabo witwa Shannon Mathre wo muri Leta ya Ohio nyuma yo kwigamba ko azica Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.D. Vance.
8 February 2026 Yasuwe: 157 0

Rutsiro: Umusore w’imyaka 29 afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine

Umusore w’imyaka 29 wo mu Karere ka Rutsiro yafunzwe akekwaho gusambanya umwana ufite imyaka ine y’ubukure.
6 February 2026 Yasuwe: 283 0

Regragui utoza Maroc yasezeye bitunguranye mbere y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Maroc, Walid Regragui, yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (FRMF) kumurekura, habura amezi ane gusa ngo Igikombe cy’Isi cya 2026 gitangire.
6 February 2026 Yasuwe: 271 0

Amerika yahigiye gukura u Bushinwa mu nzego z’ingenzi zo muri Afurika

Ubutegetsi bwa Donald Trump muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bugaragaza ko muri gahunda nshya bufite kuri Afurika, budateganya gukura u Bushinwa mu nzego zose zo kuri uyu mugabane ahubwo ko...
6 February 2026 Yasuwe: 326 0