Somar Talat ni Umunya-Syria wazengurutse ibihugu byinshi, ariko aza kwiyemeza gutura mu Rwanda no kugira ibyo ahakorera, nyuma yo kubona ko ari igihugu kizamufasha kurenga ingaruka z’amateka mabi...
Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yibukije ko Kiliziya Gatolika muri Afurika igomba kugira uruhare mu kubaka uburezi buhamye no gutegura abayobozi beza b’ejo hazaza.
Minisiteri y’Ubutabera ya Amerika yatanze ikirego ku mugabo witwa Shannon Mathre wo muri Leta ya Ohio nyuma yo kwigamba ko azica Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, J.D. Vance.
Ubutegetsi bwa Donald Trump muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bugaragaza ko muri gahunda nshya bufite kuri Afurika, budateganya gukura u Bushinwa mu nzego zose zo kuri uyu mugabane ahubwo ko...