Umunyamakuru w’Umufaransa umaze imyaka myinshi akurikira ibibera mu Rwanda no mu karere k’Ibiyaga Bigari muri rusange, Patrick de Saint-Exupéry, yashimangiye ko ingabo z’u Bufaransa zari muri...
Icyemezo cyo gukura umukino w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda uzahuza Al-Hilal SC na APR FC muri Stade Amahoro, ukajyanwa kuri Kigali Pelé Stadium Saa Cyenda gikomeje kuvugisha benshi.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko nta buryo bwihariye iteganya gukoresha mu gukura muri ‘rigole’ y’i Nyamirambo umwe mu bisambo bibiri ukirimo, nyuma y’uko mugenzi we yikuyemo.
Umunyarwandakazi Gloria Bugie ukorera umuziki muri Uganda, yateje ururondogoro muri icyo gihugu nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere mu mwaka wa 2026.
Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col Charles Sumanyi, yatangaje ko Brig. Gen Gakwerere Ezechiel wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa FDLR akiri mu maboko y’inzego...
Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karoline Leavitt, yatangaje ko barakajwe no kubazwa impamvu Donald Trump yibagiwe izina rya Perezida wa Repubulika Iharanira...