skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Umunyamakuru Patrick de Saint-Exupéry yagaragaje ikosa rikomeye ry’u Bufaransa muri ‘Opération Turquoise’

Umunyamakuru w’Umufaransa umaze imyaka myinshi akurikira ibibera mu Rwanda no mu karere k’Ibiyaga Bigari muri rusange, Patrick de Saint-Exupéry, yashimangiye ko ingabo z’u Bufaransa zari muri...
9 February 2026 Yasuwe: 174 0

Wacika urukiko rumwe, ariko tugera aho tukagufata - Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga ku barya ruswa

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, aributsa Abanyarwanda ko ubutabera ari uburenganzira bwa buri muntu, bityo ko butagurwa, akabasaba kwirinda gutanga ruswa ahubwo bakavuga...
9 February 2026 Yasuwe: 113 0

Byagenze gute ngo umukino wa Al-Hilal SC na APR FC uvanwe muri Stade Amahoro?

Icyemezo cyo gukura umukino w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda uzahuza Al-Hilal SC na APR FC muri Stade Amahoro, ukajyanwa kuri Kigali Pelé Stadium Saa Cyenda gikomeje kuvugisha benshi.
9 February 2026 Yasuwe: 243 0

Azikuramo nk’uko n’undi yikuyemo – Polisi yavuze ku mujura umaze iminsi itandatu muri ‘rigole’

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko nta buryo bwihariye iteganya gukoresha mu gukura muri ‘rigole’ y’i Nyamirambo umwe mu bisambo bibiri ukirimo, nyuma y’uko mugenzi we yikuyemo.
9 February 2026 Yasuwe: 425 0

Impamvu ahazaza h’ubuhanzi n’umuco muri Afurika hashingiwe ku gushora mu mpano, atari ku kuzamura izina gusa

Urwego rw’ubuhanzi n’umuco muri Afurika ruragenda rugaragara cyane ku rwego mpuzamahanga. Abahanzi b’imideli, abakora sinema, abahanzi b’umuziki, abakora ibihangano by’ikoranabuhanga...
9 February 2026 Yasuwe: 86 0

Nigeria: Abitwaje intwaro bishe abantu batatu, bashimuta umupadiri

Muri Leta ya Kaduna iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria, abantu bitwaje imbunda bishe abantu batatu, bashimuta umupadiri n’abandi benshi.
9 February 2026 Yasuwe: 97 0

Urubanza ku bwicanyi mu Bufaransa rwabaye ikibazo nyuma y’uko abakekwa bahuje ’DNA’

Mu rukiko rwo mu Bufaransa harimo kubera urubanza rwabaye ingorabahizi aho impanga ebyiri zisa ku buryo budatandukanywa zirimo kuburanishwa ku cyaha cy’ubwicanyi, bikaba byabaye ikibazo kumenya...
9 February 2026 Yasuwe: 145 0

Gloria Bugie yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga

Umunyarwandakazi Gloria Bugie ukorera umuziki muri Uganda, yateje ururondogoro muri icyo gihugu nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere mu mwaka wa 2026.
9 February 2026 Yasuwe: 360 0

Brig. Gen Gakwerere ari he?

Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col Charles Sumanyi, yatangaje ko Brig. Gen Gakwerere Ezechiel wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa FDLR akiri mu maboko y’inzego...
9 February 2026 Yasuwe: 697 0

Amerika yarakajwe no kubazwa impamvu Trump yibagiwe izina rya Tshisekedi

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karoline Leavitt, yatangaje ko barakajwe no kubazwa impamvu Donald Trump yibagiwe izina rya Perezida wa Repubulika Iharanira...
8 February 2026 Yasuwe: 270 0