Umunyamakuru Mutesi Scovia yagaragaje ko atumva uburyo Ubushinjacyaha bushaka gufata Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe Munyaneza Thomas...
Abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda, Ben na Chance, batangaje ko bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika.
Ben na Chance ni itsinda ry’umugabo...
Rutahizamu wa Al-Nassr, Cristiano Ronaldo, yitezweho guhagarika imyigaragambyo amazemo iminsi, ku buryo yakinira ikipe ye mu mukino wa Shampiyona ya Arabie Saoudite uteganyijwe ku wa Gatandatu.
Umugore witwa Nyirabuyange Verediyana wo mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba yasanzwe yapfiriye mu mugezi wa Koko, unyura hagati y’imirenge ya Gihango, Musasa na Murunda.
Ubushakashatsi bukorwa ku mibereho y’imbwa ku Isi bwagaragaje ko Nigeria iza ku mwanya wa gatatu mu bihugu birya inyama z’imbwa cyane, nyuma ya Koreya ya Ruguru ndetse na Vietnam.
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko 82,5% by’abakozi bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, umubare ukubye inshuro zitabarika uw’abajya ku kazi bakoresheje bisi na...