skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Uganda: Minisitiri yavuze ko nta cyaha Bobi Wine yakoze, yamagana ibitero ku rugo rwe

Minisitiri Ushinzwe itangazamakuru muri Uganda akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Chris Baryomunsi, yamaganye igitero cya gisirikare cyagabwe ku rugo rw’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi,...
10 February 2026 Yasuwe: 189 0

Mutesi Scovia ntiyumva uburyo Ubushinjacyaha bushaka gufata Prince Kid, nyiri Tom Transfers akidegembya

Umunyamakuru Mutesi Scovia yagaragaje ko atumva uburyo Ubushinjacyaha bushaka gufata Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe Munyaneza Thomas...
10 February 2026 Yasuwe: 334 0

Ben na Chance bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena kuri Pasika

Abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda, Ben na Chance, batangaje ko bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika. Ben na Chance ni itsinda ry’umugabo...
10 February 2026 Yasuwe: 119 0

Inteko y’Umuco yanenze abavangavanga indimi ngo babe ‘abasirimu’

Intebe y’Inteko y’Umuco, Amb. Masozera Robert, yanenze abantu bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda baruvangavanga n’izindi ndimi ngo bakunde bagaragaze ko ari abasirimu cyangwa bize.
10 February 2026 Yasuwe: 97 0

Abayobozi 46 bananiwe gusobanurira umuvunyi inkomoko y’umutungo wabo mu 2025

Urwego rw’Umuvunyi ruratangaza ko mu mwaka ushize wa 2025, rwoherereje Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), amadosiye 46 y’abantu batabashije gusobanura inkomoko y’umutungo wabo, kuko ngo bigize icyaha.
10 February 2026 Yasuwe: 145 0

Rusizi: Hegitari zisaga 13 z’imyaka y’abaturage zangijwe n’urubura

Abaturage b’Imidugudu 6 y’Akagari ka Rwambogo, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi bararira ayo kwarika nyuma y’uko urubura rubangirije imyaka yose bari barahinze ku buso burenga 13, bagatabaza...
10 February 2026 Yasuwe: 151 0

Cristiano Ronaldo yavuye ku izima

Rutahizamu wa Al-Nassr, Cristiano Ronaldo, yitezweho guhagarika imyigaragambyo amazemo iminsi, ku buryo yakinira ikipe ye mu mukino wa Shampiyona ya Arabie Saoudite uteganyijwe ku wa Gatandatu.
10 February 2026 Yasuwe: 231 0

Umugore w’i Rutsiro yatwawe n’umugezi wishe abana be babiri na sebukwe

Umugore witwa Nyirabuyange Verediyana wo mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba yasanzwe yapfiriye mu mugezi wa Koko, unyura hagati y’imirenge ya Gihango, Musasa na Murunda.
10 February 2026 Yasuwe: 170 0

Nigeria mu bihugu bitatu birya imbwa nyinshi

Ubushakashatsi bukorwa ku mibereho y’imbwa ku Isi bwagaragaje ko Nigeria iza ku mwanya wa gatatu mu bihugu birya inyama z’imbwa cyane, nyuma ya Koreya ya Ruguru ndetse na Vietnam.
10 February 2026 Yasuwe: 141 0

Abakozi 82,5% bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, bivuze iki?

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko 82,5% by’abakozi bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, umubare ukubye inshuro zitabarika uw’abajya ku kazi bakoresheje bisi na...
10 February 2026 Yasuwe: 176 0