Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ku busabe bwa nyina, Janet Museveni, yahagaritse ihangana ryari rimaze iminsi hagati ye na Minisitiri w’Itumanaho muri icyo...
Guverinoma y’u Butaliyani yatangaje ko idashobora kwinjira mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ rwashyizweho na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump bitewe n’uko imiyoborere yarwo...
U Rwanda rwegukanye umwanya wa mbere n’igihembo gishimangira ko ari rwo rwahize ibihugu byitabiriye bwa mbere imurika mpuzamahanga mu by’ubukerarugendo ryabereye muri Turikiya.
Zimwe mu zo witaga inyamaswa zisanzwe zirimo inuma zahinduwe ibikoresho by’ikoranabuhanga mu bihugu birimo u Burusiya. Ubwonko bwazo bushyirwamo agakoresho kagena uko ziguruka n’icyerekezo zijyamo.
MC Nario uri mu bakora akazi ko gutegura ibirori byo kureshya abakiriya mu tubari kazwi nka ‘Hosting’, yasabye umunyamakuru Kakoza Nkuriza Charles [KNC] kutakivangamo kuko atazi uko gakora, dore ko...