Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu byirirwa bitoteza u Rwanda ngo rwiba amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biba byirengagiza nkana uko ibintu bikorwa kuko biri mu...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko mu myaka ine igihugu cye kimaze mu ntambara n’u Burusiya kimaze gutakaza abasirikare barenga ibihumbi 55.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze AS Kigali mu mukino wo ku munsi wa 18 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 nyuma y’imikino itanu yari imaze idatsinda.
Abakurikiranira hafi iby’ikoranabuhanga by’umwihariko iry’ubwenge buhangano ‘AI’ ryagutse ku muvuduko udasanzwe mu myaka ya vuba, bemeza ko Google itakiri ku rwego rwo hasi mu bijyanye na ryo, aho...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ku wa 4 Gashyantare 2026 yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rugamije byinshi birimo kureba...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije iperereza kuri sosiyete ya Nike, nyuma y’ibirego bivuga ko yitwikira politiki y’ubwuzuzanye igarakorera ivangura abakozi b’abazungu.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko gahunda yo kongera umubare w’abakora mu rwego rw’ubuvuzi izwi nka kane gukuba kane (4by4) iri gutanga umusaruro ndetse ko mu gihe gito kiri imbere, igihugu kizaba...
Tekereza ubaye uri umuntu wa mbere wavukiye ku Kwezi ukanahakurira. Waba warabayeho ubuzima bwiza. Siyansi ivuga ko kubera imiterere yaho, urumuri rudasanzwe n’ibindi, biri mu bihahindura...