skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ishyaka rya Bobi Wine ritemera ibyavuye mu matora ryanzuye ko ritazarega

Ishyaka rya NUP (National Unity Platform) ry’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa ryagaragaje ko ritemera ibyavuye mu matora y’Umukuru...
6 February 2026 Yasuwe: 300 0

Imbeba zikomeje kuba agatereranzamba mu Mujyi wa Londres

Ikibazo cy’imbeba zihora zitamba mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza n’ahandi hantu hakomeye utazikekera gikomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga.
6 February 2026 Yasuwe: 388 0

Abayungukamo menshi ntayo bacukura - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye ya RDC

Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu byirirwa bitoteza u Rwanda ngo rwiba amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biba byirengagiza nkana uko ibintu bikorwa kuko biri mu...
5 February 2026 Yasuwe: 279 0

Abasirikare ibihumbi 55 ba Ukraine baguye mu ntambara n’u Burusiya

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko mu myaka ine igihugu cye kimaze mu ntambara n’u Burusiya kimaze gutakaza abasirikare barenga ibihumbi 55.
5 February 2026 Yasuwe: 427 0

Rayon Sports yamwenyuje abafana bayo nyuma y’imikino itanu yikurikiranya y’agahinda

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze AS Kigali mu mukino wo ku munsi wa 18 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 nyuma y’imikino itanu yari imaze idatsinda.
5 February 2026 Yasuwe: 765 0

Google yagaragajwe nk’amahitamo yizewe ku bashoramari

Abakurikiranira hafi iby’ikoranabuhanga by’umwihariko iry’ubwenge buhangano ‘AI’ ryagutse ku muvuduko udasanzwe mu myaka ya vuba, bemeza ko Google itakiri ku rwego rwo hasi mu bijyanye na ryo, aho...
5 February 2026 Yasuwe: 175 0

Tshisekedi yageze i Washington, yibutswa ko agomba gusenya FDLR

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ku wa 4 Gashyantare 2026 yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rugamije byinshi birimo kureba...
5 February 2026 Yasuwe: 414 0

Amerika yatangiye iperereza kuri Nike ivugwaho ivangura rikorerwa abakozi b’abazungu

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije iperereza kuri sosiyete ya Nike, nyuma y’ibirego bivuga ko yitwikira politiki y’ubwuzuzanye igarakorera ivangura abakozi b’abazungu.
5 February 2026 Yasuwe: 253 0

Mu gihe gito tuzabona abaganga benshi kandi bari hose mu gihugu- Minisante

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko gahunda yo kongera umubare w’abakora mu rwego rw’ubuvuzi izwi nka kane gukuba kane (4by4) iri gutanga umusaruro ndetse ko mu gihe gito kiri imbere, igihugu kizaba...
5 February 2026 Yasuwe: 265 0

Byagenda gute uvukiye ku Kwezi nyuma ukaza ku Isi?

Tekereza ubaye uri umuntu wa mbere wavukiye ku Kwezi ukanahakurira. Waba warabayeho ubuzima bwiza. Siyansi ivuga ko kubera imiterere yaho, urumuri rudasanzwe n’ibindi, biri mu bihahindura...
5 February 2026 Yasuwe: 392 0