Ubushakashatsi ku bumwe, ubwiyunge n’ubudaheranwa bwerekana ko ababajijwe mu buheruka bagaragaje ko 38% bemeje ko hari abakoze ibyaha bya jenoside, bagitsimbaraye ku ngengabitekerezo y’irondabwoko...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ibikorerwa mu nganda byiyongereye ku rugero rwa 8,2% mu Ukuboza 2025 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2024.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yasabye Abanyamulenge bavuga ko nta bugizi bwa nabi bene wabo bakorerwa, ko basura ibice bigenzurwa n’ihuriro...
Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko kuba uyu munsi mu nzego z’ubuyobozi za leta higanjemo abakiri bato, ari amahirwe...
Senateri Evode Uwizeyimana yagaragaje ko ikiganiro giheruka gutambutswa ku muyoboro wa YouTube cy’umugore wa Habyarimana Juvénal wahoze ari Perezida, ari agahomamunwa kubera ibinyoma bicyuzuyemo.