Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Spice Diana, ari mu Rwanda mu bihe byamuhiriye, aho yagaragaje ko yanyuzwe n’uburyo ari kwakirwa n’uburyo Kigali imuteye amarangamutima.
Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian yavuze ko Iran yiteguye kugirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Tehran ibisabwe n’ibihugu by’inshuti byo mu karere.
Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho biteganyijwe ko azagirana ibiganiro na mugenzi we Donald Trump nyuma y’igihe aba bayobozi bari...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko imiryango 899 ituye ahashyira ubuzima mu kaga itarubakirwa, mu gihe igera ku 1996 ituye mu nzu zangiritse zikeneye gusanwa.
Mu mpuguro ze ku bakristo, Pastor Aloys Uwakarema ukorera umurimo w’Imana mu Itorero rya ADEPR, yababwiye ko bakwiriye kuba abakristo by’ukuri anakoresha imvugo yatunguye benshi aho yavuze ko kuri...
Raporo y’urwego rw’ubucamanza yo mu mwaka wa 2022/2023 igaragaza ko umubare wa gatanya wagiye wiyongera cyane buri mwaka. Mu 2016 habarurwa imiryango 21 yatse gatanya, mu 2017 yageze kuri 69, mu...