skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Uwari umugabo w’umugore wa Joe Biden akurikiranyweho kwica umugore we

Bill Stevenson wahoze ari umugabo wa Jill Biden mbere y’uko ashakana na Joe Biden wayoboye Amerika, akurikiranyweho kwica umugore we.
4 February 2026 Yasuwe: 265 0

Yashaririwe n’ubuzima akiri muto! Byinshi kuri Spice Diana, umunyamuziki uri i Kigali

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Spice Diana, ari mu Rwanda mu bihe byamuhiriye, aho yagaragaje ko yanyuzwe n’uburyo ari kwakirwa n’uburyo Kigali imuteye amarangamutima.
4 February 2026 Yasuwe: 359 0

Umuryango w’umupolisi yagonze wamuhaye imbabazi: Ibishya mu rubanza rwa DJ Toxxyk

Shema Arnaud wamamaye nka DJ Toxxyk yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, aburana asaba ko yarekurwa by’agateganyo bitewe n’uko hari inshingano asabwa kuzuza zirimo n’iza kibyeyi.
4 February 2026 Yasuwe: 509 0

Kera kabaye Iran yemeye kuganira na Amerika

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian yavuze ko Iran yiteguye kugirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Tehran ibisabwe n’ibihugu by’inshuti byo mu karere.
3 February 2026 Yasuwe: 292 0

Trump agiye kwakira Perezida wa Colombia batajya imbizi

Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho biteganyijwe ko azagirana ibiganiro na mugenzi we Donald Trump nyuma y’igihe aba bayobozi bari...
3 February 2026 Yasuwe: 160 0

Imiryango 2800 y’i Rubavu ikeneye kubakirwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko imiryango 899 ituye ahashyira ubuzima mu kaga itarubakirwa, mu gihe igera ku 1996 ituye mu nzu zangiritse zikeneye gusanwa.
3 February 2026 Yasuwe: 179 0

Kuri nyashi naho hagomba kuba ubukristo - Pastor Aloys Uwakarema wo muri ADEPR

Mu mpuguro ze ku bakristo, Pastor Aloys Uwakarema ukorera umurimo w’Imana mu Itorero rya ADEPR, yababwiye ko bakwiriye kuba abakristo by’ukuri anakoresha imvugo yatunguye benshi aho yavuze ko kuri...
3 February 2026 Yasuwe: 695 0

Impamvu nyamukuru 10 ziri gutuma abashakanye batandukana

Raporo y’urwego rw’ubucamanza yo mu mwaka wa 2022/2023 igaragaza ko umubare wa gatanya wagiye wiyongera cyane buri mwaka. Mu 2016 habarurwa imiryango 21 yatse gatanya, mu 2017 yageze kuri 69, mu...
3 February 2026 Yasuwe: 1043 0

DJ Toxxyk agiye kuburana Ubujurire ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rugiye kuburanisha Ubujurire ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, mu rubanza rwa Shema Arnaud uzwi nka DJ Toxxyk uregwa ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku...
3 February 2026 Yasuwe: 171 0

U Rwanda rwoherereje Mozambique inkunga y’ibiribwa n’imiti

Guverinoma y’u Rwanda yoherereje Mozambique inkunga ya toni 20 z’ibiribwa n’imiti, igenewe gufasha abaturage b’iki gihugu bagizweho ingaruka n’imyuzure iherutse kucyibasira.
3 February 2026 Yasuwe: 303 0