skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ibiciro ku masoko byazamutseho 8,9%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku masoko byazamutse ku rugero rwa 8,9% muri Mutarama 2026 ugereranyije na Mutarama 2025.
10 February 2026 Yasuwe: 150 0

MoKash yashyizeho uburyo buha inguzanyo abatarishyura iyo bari basanganywe

Mobile Money Rwanda Ltd ifatanyije na NCBA Bank Rwanda, bamenyesheje abakiliya bakoresha serivisi za Mobile Money bizigamira cyangwa baka inguzanyo banyuze muri MoKash, ko hamuritswe serivisi nshya...
10 February 2026 Yasuwe: 561 0

Sénégal: Abantu 12 bafunzwe bakekwaho kuryamana n’abo bahuje ibitsina

Umuryango ‘Stop Homophobie’ wamaganye icyemezo cya Leta ya Sénégal cyo gufunga abantu 12 barimo umushyushyarugamba ukorera televiziyo witwa Pape Cheikh Diallo ukorera Télé Futurs Médias...
10 February 2026 Yasuwe: 146 0

Umunyeshuri w’i Karongi akurikiranyweho gutema abarimu babiri

Byiringiro Innocent, umunyeshuri w’imyaka 17 wo mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho gutema no gukomeretsa abarimu babiri.
10 February 2026 Yasuwe: 404 0

Agathe Kanziga ni umujenosideri uri mu bayiteguye- Minisitiri Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko umugore wa Habyarimana Juvénal wayoboye u Rwanda, Agathe Kanziga ari umujenosideri uri mu...
10 February 2026 Yasuwe: 291 0

Umwana we yatewe ubumuga bukomatanye n’umuturanyi “wamutsindagiye mu bwiherero”

Mu Karere ka Rusizi, umubyeyi arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we, no kwita ku bandi 6 afite, nyuma yo gusigara iheru heru avuza umwana we ubumuga bukomatanye, yatewe n’umuturanyi we washatse ku...
10 February 2026 Yasuwe: 376 0

Impamvu nyakuri yakuye ingabo za Afurika y’Epfo muri RDC

Afurika y’Epfo yatangaje ko igiye kuvana ingabo zayo mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, hatangwa impamvu yo kwegeranya imbaraga...
10 February 2026 Yasuwe: 540 0

U Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri mu kurwanya ruswa ku rwego rw’Isi

Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International (TI) watangaje ko ugereranyije n’umwaka wabanje, mu 2025 u Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri ku rwego rw’Isi...
10 February 2026 Yasuwe: 133 0

Yolande Mukagasana ntiyumva uburyo umugore wa Habyarimana yiyise ‘umutagatifu wiberaga mu murima’

Umuryango wa Habyarimana Juvénal wanenzwe uburyo ukomeje kwifashisha imbuga nkoranyambaga mu gutagatifuza ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi wagizemo uruhare, by’umwihariko binyuze mu kiganiro...
10 February 2026 Yasuwe: 149 0

Trump yanze ko ikiraro gihuza Amerika na Canada gitahwa

Perezida Donald Trump yavuze ko atazemera ko ikiraro gishya gihuza Canada na Leta zunze Ubumwe za Amerika, gitahwa, kuko ngo Canada itubaha Amerika.
10 February 2026 Yasuwe: 195 0