skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13$ mu minsi itanu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 2-6 Gashyantare...
11 February 2026 Yasuwe: 149 0

FC Saint-Éloi Lupopo yo muri RDC yageze i Kigali

Ikipe ya Saint-Éloi Lupopo yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yageze i Kigali aho izakirirwa na Al-Hilal SC mu mukino usoza iyo mu Itsinda C rya CAF Champions League.
11 February 2026 Yasuwe: 570 0

Ibyo kugendera kure niba ushaka kwibagirwa umu-ex wawe

Gutandukana n’umuntu wakundaga cyane birababaza. Ibyo ubonye byose biramukwibutsa. Ibihe by’imvura byagera bikarushaho kuba bibi. Waca ku hantu mwajyaga musohokera, ukibuka ari kugutamika. Rero...
11 February 2026 Yasuwe: 569 0

Abarenga 680 basabye gutoza Amavubi

Abatoza 688 basabye gutoza Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, imaze ukwezi idafite umutoza mukuru.
11 February 2026 Yasuwe: 328 0

Indege z’ubutasi zizabimburira MONUSCO mu kugenzura agahenge muri Uvira

Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ubutumwa bw’amahoro, Jean-Pierre Lacroix, yatangaje ko mbere y’uko Teritwari ya Uvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
11 February 2026 Yasuwe: 410 0

U Burusiya bwahakanye ibivugwa ko hari Abanya-Nigeria buri gushora mu ntambara ya Ukraine

Ambasaderi w’u Burusiya muri Nigeria yahakanye amakuru amaze iminsi avugwa y’uko hari Abanyanijeriya barimo kwandikwa ngo bajye kurwana mu ntambara iri hagati y’u Burusiya na Ukraine, ashimangira...
11 February 2026 Yasuwe: 244 0

Aba-Guverineri ba Leta zo muri Amerika banze ubutumire bwa Trump, bamushinja kubavangura

Ihuriro ry’Aba-Guverineri ba Leta zinyuranye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryatangaje ko batazitabira inama yagombaga kubahuza na Perezida Donald Trump muri White House, nyuma y’uko ikumiriwemo...
11 February 2026 Yasuwe: 410 0

Nduhungirehe yabajije Loni na AU niba bizakomeza kwirengagiza ikoreshwa ry’abacanshuro muri RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabajije Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ndetse n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, niba bizakomeza kurebera...
11 February 2026 Yasuwe: 374 0

Mowzey Radio yitabye Imana yitegura kwimukira mu Rwanda

Ziza Bafana wari inshuti magara ya Mowzey Radio yahishuye ko mbere y’uko uyu muhanzi yitaba Imana mu 2018, yari yaratangiye imyiteguro yo kwimukira mu Rwanda.
11 February 2026 Yasuwe: 478 0

Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo

Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butishimiye kubona Umunyarwandakazi ayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha...
11 February 2026 Yasuwe: 445 0