skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Inteko ya EU yasabye Uganda gufungura abatavuga rumwe n’ubutegetsi

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) yatoye umwanzuro wamagana ibikorwa by’urugomo no gufunga abatavuga rumwe n’ubutegetsi ivuga ko byakozwe mbere na nyuma y’amatora...
14 February 2026 Yasuwe: 212 0

Walikale: Imitwe ya Wazalendo yasubiranyemo

Imitwe yitwaje intwaro yo mu Ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihanganiye kugenzura agace ka Batakirwa gaherereye muri gurupoma ya Bafuna,...
14 February 2026 Yasuwe: 317 0

Urubanza rwa Trump na BBC rwashyizwe muri Gashyantare 2027

Urukiko rwa Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwashyize urubanza Perezida w’icyo gihugu, Donald Trump yarezemo Igitangazamakuru cya BBC, muri Gashyantare 2027.
14 February 2026 Yasuwe: 147 0

Tshisekedi ‘yemeye’ kubahiriza agahenge kifujwe na Angola

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye ko ingabo za Leta zizubahiriza agahenge kifujwe na mugenzi we uyobora Angola akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa...
13 February 2026 Yasuwe: 361 0

Innocent Mutimura yagizwe umuyobozi wa Paratus Rwanda

Sosiyete itanga serivisi z’ikoranabuhanga muri Afurika imaze igihe gito ifunguye ishami mu Rwanda yatangaje ko Innocent Mutimura yagizwe Umuyobozi Mukuru wayo mu Rwanda.
13 February 2026 Yasuwe: 447 0

Rayon Sports yihanangirije Rugaju Reagan wavuze ko habaye amayeri mu igenda rya Serumogo Ali

Ubuyobozi bw’Umuryango Rayon Sports bwamenyesheje abakunzi bawo n’Abanyarwanda ko bwamaganye amakuru yatangajwe n’umunyamakuru wa Radio Rwanda, Rugaju Reagan, wavuze ko Serumogo Ali yavuye muri iyi...
13 February 2026 Yasuwe: 767 0

AFC/M23 na MONUSCO byaganiriye ku gahenge

Kuri uyu wa 13 Gashyantare 2026, abayobozi bo mu ihuriro AFC/M23 n’abo mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(MONUSCO) bahuriye mu Mujyi wa...
13 February 2026 Yasuwe: 474 0

Doja Cat ategerejwe i Kigali

Umuraperi Doja Cat ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ategerejwe mu gitaramo azakorera muri BK Arena ku wa 17 Werurwe 2026.
13 February 2026 Yasuwe: 346 0

Uganda: Abarindaga abakandida mu matora baricira isazi mu jisho

Abantu 100 barimo abarindaga umutekano w’abakandida umunani mu bihe by’amatora yabaye muri Uganda ku wa 15 batangaje ko bategereje amafaranga yabo bakoreye amaso agahera mu kirere.
13 February 2026 Yasuwe: 379 0

Sonia Mugabo yashyizwe ku rutonde rwa Forbes rw’Abanyafurikakazi b’indashyikirwa

Sonia Mugabo usanzwe ari umuhanzi w’imideli ukomeye mu Rwanda, yashyizwe ku rutonde rwa ‘Forbes Africa 30 Under 50’, ruba rugizwe n’abagore b’Abanyafurika b’indashyikirwa.
13 February 2026 Yasuwe: 466 0