skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Imyigaragambyo ikuraho ubutegetsi bwa Iran yagukiye mu Burayi na Amerika

Nyuma y’uko Abanya-Iran babarirwa mu bihumbi bigaragambije kuva mu mpera za Ukuboza 2025, abandi batuye mu mahanga batangiye kwigaragambya basaba ko ubutegetsi bw’icyo gihugu buhinduka.
16 February 2026 Yasuwe: 492 0

Paris: Uwarokotse Jenoside yagaragaje intimba aterwa no kuba imodoka ye yarifashishijwe mu bwicanyi mu Bisesero

Umutangabuhamya mu rubanza rw’ubujurire rwa Claude Muhayimana, yagaragarije Urukiko rwa Rubanda rwa Paris ko ashengurwa cyane n’uko imodoka ye yifashishijwe mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi mu bice...
16 February 2026 Yasuwe: 357 0

Mu myaka 12 u Rwanda rwubatse imihanda y’imigenderano ireshya n’ibilometero 4000

Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) yatangaje ko kuva mu 2014 kugeza uyu munsi mu gihugu hose hamaze kubakwa ibilometero birenga 4000 by’imihanda y’imigenderano irimo iya kaburimbo yoroheje...
16 February 2026 Yasuwe: 141 0

Ingendo za RwandAir zarogowe n’imyigaragambyo y’abakozi bo ku kibuga cy’indege muri Kenya

Sosiyete nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko ingendo ikorera muri Kenya zajemo impinduka kubera ikibazo cy’ubwumvikane buke hagati y’abakozi bo ku kibuga cy’indege i...
16 February 2026 Yasuwe: 209 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Denmark mu ruzinduko ruzasiga afunguye ambasade mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Denmark, Lars Løkke Rasmussen ari mu ruzinduko mu Rwanda, ruzasiga afunguye ku mugaragaro Ambasade y’igihugu cye i Kigali.
16 February 2026 Yasuwe: 213 0

Perezida Macron yagaragaje urupfu rwa Alexei Navalny nk’intege nke z’u Burusiya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko urupfu rwa Alexei Navalny utaravugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya, rugaragaza intege nke no kugira ubwoba...
16 February 2026 Yasuwe: 253 0

Abarundi bashobora kuzafasha Ndayishimiye kuyobora AU

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, afite itsinda ry’Abarundi bashobora kuzamufasha kuyobora umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) kugira ngo agere ku ntego yihaye mu nzego zirimo...
16 February 2026 Yasuwe: 337 0

Rugaju Reagan yigaramye ubutumwa busaba imbabazi

Umunyamakuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Ndayishimiye Rugaju Reagan, yihakanye ubutumwa busaba imbabazi nyuma yo guterana amagambo na Musangamfura Christian ‘Lorenzo’ wa SK FM.
16 February 2026 Yasuwe: 660 0

Umuriro watwitse ahazwi nka “Labamba” muri Rubavu

Inkongi y’umuriro yadutse ahitwa “Labamba” mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, hasanzwe hakorerwa imirimo inyuranye irimo ubucuruzi bw’akabari, imikino y’amahirwe n’ibindi.
16 February 2026 Yasuwe: 484 0

Jolly Mutesi yabivuyemo: Irushanwa rya Miss East Africa rigiye kongera kuba nyuma y’imyaka itanu

Nyuma y’imyaka itanu hadategurwa irushanwa rya Miss East Africa, byemejwe ko rigiye kongera gutegurwa icyakora rikazaba ririmo impinduka kuko mu baritegura Jolly Mutesi atazaba arimo.
16 February 2026 Yasuwe: 246 0