Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko we aho guha umugore we indabo ku munsi w’abakundana yahisemo kumuha inka ariko yongeraho ko umugore udafite nyash kandi mubi...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko nta gihugu cyakwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa bazize ibibazo bagize mu gihe cyo kubyara,...
Kuva ku wa 14-15 Gashyantare 2026, Abakuru b’igihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bahuriye mu nama ya 39, ari na ho AU yatangiriye kuyoborwa na Perezida w’u Burundi, Evariste...
Gisèle Pelicot yagarutse ku rubanza rwe n’umugabo we n’abandi bagabo 50, avuga ko na nyuma y’imyaka myinshi, hari ibyo yifuza kumubaza. Uru ni urubanza rubarwa nk’urukomeye rwabayeho mu Bufaransa...
Umuhanzikazi Marina yatangaje ko yatunguwe n’umukunzi we Yvan Muziki wamwambitse impeta y’urukundo, ariko kandi yishimiye ko bombi babashije gutera iyi ntambwe nyuma y’igihe kinini bivugwa ko bari...
Mu nama ngarukamwaka yiga ku mutekano yatangiye i Munich ku wa Gatanu, Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yabwiye abayobozi barenga 50 bayitabiriye ko ibihe Isi igezemo, ibyo kuyoborwa...
Imiryango ibiri ihagarariye Abanyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yareze Leta y’u Burundi mu rukiko rw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACJ), iyishinja gukorera muri Repubulika...