skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Twatangiye kubona impinduka - Minisitiri Dr. Bizimana ku musaruro w’inyigisho zihabwa abari bafungiye Jenoside

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko abahawe amahugurwa y’abasigaje igihe gito ngo barangize ibihano ku byaha bya Jenoside iyo...
14 February 2026 Yasuwe: 214 0

Umugore utagira ’nyash’ kandi mubi akwiye isenene- Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko we aho guha umugore we indabo ku munsi w’abakundana yahisemo kumuha inka ariko yongeraho ko umugore udafite nyash kandi mubi...
14 February 2026 Yasuwe: 1021 0

Nta gihugu cyagera ku iterambere rirambye abagore bagipfa babyara – Dr Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko nta gihugu cyakwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa bazize ibibazo bagize mu gihe cyo kubyara,...
14 February 2026 Yasuwe: 210 0

Mu mfuruka z’icyumba Perezida Ndayishimiye yaherewemo kuyobora AU

Kuva ku wa 14-15 Gashyantare 2026, Abakuru b’igihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bahuriye mu nama ya 39, ari na ho AU yatangiriye kuyoborwa na Perezida w’u Burundi, Evariste...
14 February 2026 Yasuwe: 737 0

Hamenyekanye inkumi Tukowote aherutse kwambika impeta [AMAFOTO]

Mu minsi ishize Irunga Longin wamamaye nka Tukowote yemeje ko yamaze kwambika impeta inkumi bitegura kurushinga icyakora agerageza kumugira ibanga ndetse n’amafoto yasangije abamukurikira yirinze...
14 February 2026 Yasuwe: 1221 0

Gisèle Pelicot yavuze ku mugabo we wamutegeje abagabo 72 bakamusambanya

Gisèle Pelicot yagarutse ku rubanza rwe n’umugabo we n’abandi bagabo 50, avuga ko na nyuma y’imyaka myinshi, hari ibyo yifuza kumubaza. Uru ni urubanza rubarwa nk’urukomeye rwabayeho mu Bufaransa...
14 February 2026 Yasuwe: 652 0

Ntabwo nari mbyiteguye - Amarangamutima ya Marina nyuma yo kwambikwa impeta na Yvan Muziki

Umuhanzikazi Marina yatangaje ko yatunguwe n’umukunzi we Yvan Muziki wamwambitse impeta y’urukundo, ariko kandi yishimiye ko bombi babashije gutera iyi ntambwe nyuma y’igihe kinini bivugwa ko bari...
14 February 2026 Yasuwe: 603 0

Isi igeze aho amagara atererwa hejuru buri wese agasama aye- Chancelier w’u Budage

Mu nama ngarukamwaka yiga ku mutekano yatangiye i Munich ku wa Gatanu, Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yabwiye abayobozi barenga 50 bayitabiriye ko ibihe Isi igezemo, ibyo kuyoborwa...
14 February 2026 Yasuwe: 636 0

Ethiopia yahagaritse abanyamakuru batatu bayishinje gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo gukorera muri iki gihugu nyuma y’aho bakoze inkuru ishinja ubutegetsi gufasha umutwe witwaje intwaro...
14 February 2026 Yasuwe: 224 0

Abanyamulenge bajyanye Leta y’u Burundi mu rukiko

Imiryango ibiri ihagarariye Abanyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yareze Leta y’u Burundi mu rukiko rw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACJ), iyishinja gukorera muri Repubulika...
14 February 2026 Yasuwe: 521 0