Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihigu y’Akagera bwatangaje ko mu mwaka wa 2025 iyi pariki yinjirije u Rwanda, asaga miliyari 7,2 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 5,06 z’amadolari ya Amerika) avuye mu...
Leta y’u Bubiligi yimye sosiyete KoBold Metals yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika inyandiko za kera zirimo amakuru y’ahantu hari amabuye y’agaciro yihariye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yavuze ko igihugu cye kidashobora guhakana ibiherutse kugaragazwa n’ubushakashatsi bwashimangiye ko Alexei...
Byamaze gutangazwa ko ku wa 17 Werurwe 2026 Doja Cat azataramira i Kigali, mbere y’uko akomereza muri Afurika y’Epfo ku wa 20 Werurwe 2026. Ni umukobwa wagaragaje ko atewe ishema no kuba agiye...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026, umugabo w’imyaka 27 wo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Rusebeya, yakubiswe n’inkuba iramwica, uwo bari kumwe agwa igihumure.
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bitagira uruhare mu buhuza.