skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Yasuwe n’abarenga ibihumbi 59, yinjiza miliyoni 5$: Umusaruro wa Pariki y’Akagera mu 2025

Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihigu y’Akagera bwatangaje ko mu mwaka wa 2025 iyi pariki yinjirije u Rwanda, asaga miliyari 7,2 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 5,06 z’amadolari ya Amerika) avuye mu...
16 February 2026 Yasuwe: 218 0

Ndayishimiye yiyemeje kurangiza intambara muri Congo

Evariste Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’Uburundi akaba na Perezida w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yahize ko agomba gucecekesha intwaro muri Afurika, by’umwihariko mu burasirazuba bwa RDC.
16 February 2026 Yasuwe: 928 0

U Bubiligi bwimye Abanyamerika amakuru y’ahari amabuye y’agaciro muri RDC

Leta y’u Bubiligi yimye sosiyete KoBold Metals yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika inyandiko za kera zirimo amakuru y’ahantu hari amabuye y’agaciro yihariye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
16 February 2026 Yasuwe: 567 0

Urubanza rwa Turahirwa Moses rwasubitswe

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’ubujurire bwa Turahirwa Moses wamenyekanye mu mideli nka Moshions, nyuma yo kugaragaza ko atiteguye kuburana.
16 February 2026 Yasuwe: 300 0

Amerika ntishidikanya ko u Burusiya bwicishije Navalny ubumara bw’igikeri

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yavuze ko igihugu cye kidashobora guhakana ibiherutse kugaragazwa n’ubushakashatsi bwashimangiye ko Alexei...
16 February 2026 Yasuwe: 297 0

Irimbi rya Rusororo rigiye kuzura ku nshuro ya kabiri

Ikibazo cy’amarimbi gikomeje kuba ingutu mu Rwanda bijyanye n’ubuto bwarwo n’ikimenyimenyi Irimbi rya Rusororo byateganywaga ko rizuzura mu 2029 rigitangira mu 2011 ubu rimaze kwagurwa inshuro...
16 February 2026 Yasuwe: 602 0

U Bushinwa bugiye gukuraho imisoro bwishyuzaga ku bicuruzwa biva mu bihugu 53 bya Afurika

Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko guhera tariki ya 1 Gicurasi 2026, ibicuruzwa byinjira i Beijing biturutse mu bihugu 53 bya Afurika bitazongera kwishyurirwa imisoro. Ni intambwe yitezweho...
14 February 2026 Yasuwe: 440 0

Yari yarabaswe n’urumogi: Ibyo wamenya kuri Doja Cat, umuhanzi ukomoka muri Afurika uzataramira i Kigali

Byamaze gutangazwa ko ku wa 17 Werurwe 2026 Doja Cat azataramira i Kigali, mbere y’uko akomereza muri Afurika y’Epfo ku wa 20 Werurwe 2026. Ni umukobwa wagaragaje ko atewe ishema no kuba agiye...
14 February 2026 Yasuwe: 369 0

Rutsiro: Inkuba yishe umugabo, uwo bari kumwe agwa igihumure

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026, umugabo w’imyaka 27 wo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Rusebeya, yakubiswe n’inkuba iramwica, uwo bari kumwe agwa igihumure.
14 February 2026 Yasuwe: 368 0

U Rwanda rwasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo muri RDC bitagira uruhare mu buhuza

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bitagira uruhare mu buhuza.
14 February 2026 Yasuwe: 611 0