skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Ku myaka 22, Jean-Luc wize muri Rwanda Coding Academy yashinze ikigo gifite agaciro ka miliyoni 2$

Umusore witwa Jean-Luc Sauvé w’imyaka 22 ni umunyarwanda ukiri muto washinze ikigo cy’ikoranabuhanga cyitwa Strettch Cloud gikora ibijyanye no kubaka ububiko bw’amakuru y’ikoranabuhanga ‘Cloud...
14 February 2026 Yasuwe: 551 0

Amerika yasabye Leta ya RDC kubahiriza agahenge

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubahiriza agahenge nk’uko...
14 February 2026 Yasuwe: 369 0

Yvan Muziki yatunguranye yambikira Marina impeta ku rubyiniro [AMAFOTO]

Mu ijoro ryo ku wa 13 Gashyantare 2026 ubwo Yvan Muziki yamurikaga album ye ya mbere yise ‘Inganzo ntahangarwa’, yatunguranye yambika impeta Marina ubwo bari ku rubyiniro bemeranya kurushinga.
14 February 2026 Yasuwe: 426 0

U Rwanda rwerekanye uko rubona politiki y’ubu mu Nama y’Umutekano y’i Munich

Itsinda ry’intumwa za Guverinoma y’u Rwanda riyobowe na Minisitiri w’Umutekano, Dr. Vincent Biruta na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, ryitabiriye Inama y’Umutekano iri kubera i...
14 February 2026 Yasuwe: 383 0

Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados

Perezida Paul Kagame yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Barbados Mia Amor Mottley, kuba yongeye kugirirwa icyizere kuri uwo mwanya.
14 February 2026 Yasuwe: 248 0

Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani yabereye i Addis Ababa muri Ethiopia.
14 February 2026 Yasuwe: 263 0

AFC/M23 yamaganye Ndayishimiye ukomeje kugaba ibitero ku Banyamulenge

Umuyobozi w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yamaganye uruhare rwa Perezida w’u Burundi mu bwicanyi buri gukorerwa Abanyamulenge mu ntara...
14 February 2026 Yasuwe: 449 0

Nangaa yagaragaje ko itangazo rya Leta ya RDC ryo kwemera agahenge riyobya uburari

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yagaragaje ko itangazo ry’ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryemera agahenge kifujwe na Leta ya Angola ririmo kuyobya...
14 February 2026 Yasuwe: 254 0

Intambara y’amagambo hagati y’abanyamakuru Jean Luc na Lorenzo

Nta kiruhuko cyo guterana amagambo hagati ya bamwe mu banyamakuru ba siporo mu Rwanda, aho kuri ubu abagezweho ari Imfurayacu Jean Luc wa B&B FM Kigali na Musangamfura Christian ‘Lorenzo’ wa SK...
14 February 2026 Yasuwe: 784 0

Bwa mbere abarwayi b’igicuri barindwi babagiwe mu Rwanda bigenda neza

Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byatangaje ko ‘operations’ zo kubaga uburwayi bw’igicuri zari zikorewe bwa mbere mu Rwanda zasize abarwayi barindwi babazwe kandi bigenda neza.
14 February 2026 Yasuwe: 257 0