Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye na Afurika, Massad Boulos, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubahiriza agahenge nk’uko...
Mu ijoro ryo ku wa 13 Gashyantare 2026 ubwo Yvan Muziki yamurikaga album ye ya mbere yise ‘Inganzo ntahangarwa’, yatunguranye yambika impeta Marina ubwo bari ku rubyiniro bemeranya kurushinga.
Itsinda ry’intumwa za Guverinoma y’u Rwanda riyobowe na Minisitiri w’Umutekano, Dr. Vincent Biruta na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, ryitabiriye Inama y’Umutekano iri kubera i...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama ihuza Afurika n’u Butaliyani yabereye i Addis Ababa muri Ethiopia.
Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yagaragaje ko itangazo ry’ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryemera agahenge kifujwe na Leta ya Angola ririmo kuyobya...
Nta kiruhuko cyo guterana amagambo hagati ya bamwe mu banyamakuru ba siporo mu Rwanda, aho kuri ubu abagezweho ari Imfurayacu Jean Luc wa B&B FM Kigali na Musangamfura Christian ‘Lorenzo’ wa SK...