skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Polisi y’u Rwanda yegukanye umudali mu mikino yo guhashya iterabwoba ibera i Dubai

Ikipe ya Polisi y’u Rwanda, RNP SWAT Team I, yegukanye umudali w’Umuringa ku munsi wa nyuma w’amarushanwa yahuje abapolisi n’abasirikare baturutse mu bihugu bitandukanye, azwi nka ‘UAE SWAT...
12 February 2026 Yasuwe: 243 0

Imbere y’abadepite ba Amerika, Byamungu yagaragaje ko RDC idakwiye kwegeka ibibazo byayo ku Rwanda

Umushakashatsi w’Umunye-Congo Christian-Géraud Neema Byamungu yagaragarije abadepite bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo budakwiye...
11 February 2026 Yasuwe: 584 0

Kenya: Abakora mu bwikorezi bwo mu kirere bateguje imyigaragambyo

Ihuriro ry’abatanga serivisi zijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere ryo muri Kenya, ryatanze integuza y’iminsi irindwi ko abarigize bazakora imyigaragambyo itewe n’imicungire bavuga ko ari mibi y’uru...
11 February 2026 Yasuwe: 227 0

Imikino ya APR na Rayon ishobora guhindurwa kubera amatara akomeje kuba agatereranzamba

Umuyobozi wa Rwanda Premier League, Karangwa Jules yateguje impinduka z’imikino imwe ya Shampiyona iri mu mpera z’icyumweru kubera ikibazo cy’amatara yo kuri Kigali Pelé Stadium.
11 February 2026 Yasuwe: 727 0

Ibibazo by’Ikibuga cy’indege cya Bujumbura byagize ingaruka no ku ngendo za Ndayishimiye

Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bujumbura mu Burundi, cyitiriwe Melchior Ndadaye, cyugarijwe n’ibibazo by’itumanaho bituma akenshi indege zijya kukigwaho zihindura ibyerekezo, ibituma abenshi...
11 February 2026 Yasuwe: 744 0

Imitungo yaguzwe muri ruswa izajya ifatirwa bidasabye urukiko: Ibyihariye muri politiki nshya

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine yavuze ko hatangiye gukurikizwa politiki nshya yo kurwanya ruswa ku buryo n’imitungo bikekwa ko yaba yaraguzwe mu mafaranga yari yatanzwe nka ruswa izajya ihita...
11 February 2026 Yasuwe: 248 0

EU yatoye itegeko ryemera kohereza mu bindi bihugu abimukira badafite ibyangombwa

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yemeje itegeko rishya ryemerera ibihugu bigize EU kohereza abimukira mu bihugu byatoranyijwe nk’ibihugu byizewe n’ubwo baba batabiturukamo.
11 February 2026 Yasuwe: 249 0

Nyamirambo: Umujura wari wasigaye muri ‘rigole’ yavuyemo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abajura babiri bari bashikuje telefone abantu bakajya kwihisha muri ‘rigole’ bose bamaze kuvamo.
11 February 2026 Yasuwe: 1771 0

Guhatana n’Umunye-Congo mu matora ya OIF, ibyo yagezeho na coups d’état: Mushikiwabo yavuze byinshi

Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ashobora guca agahigo k’Umunya-Sénégal Abdou Diouf ko kuyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) manda eshatu, nyuma y’aho muri Mutarama 2026...
11 February 2026 Yasuwe: 585 0

Kwanga ’gupositinga’ Emile Rwagacondo mu bigize isezera rya Ngabo Roben muri Rayon Sports

Ngabo Roben wari ushinzwe Itangazamakuru n’itumanaho muri Rayon Sports yatangaje yagiranye ikibazo na Dr. Emile Rwagacondo biturutse ku kutamushyira ku mbuga nkoranyambaga z’ikipe aho yashakaga...
11 February 2026 Yasuwe: 582 0