Umugore w’imyaka 28 y’amavuko hamwe n’umwana we w’imyaka itatu bari batuye mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana bishwe n’abantu batari bamenyekana, inzego z’umutekano zita muri yombi...
Mbonigaba Eric w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Kabarirwa, Akagari ka Remera, Umurenge wa Rusebeya, Akarere ka Rutsiro, yitwikiriye imvura nyinshi yagwaga ajya gucukura amabuye y’agaciro mu buryo...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Ethiopia Gedion Timothewos, ku guteza imbere umubano w’ibihugu byombi...
Mukamana Aline w’imyaka 45 wo mu Karere ka Gicumbi yagarutse mu Rwanda nyuma y’umwaka n’amezi arindwi yari amaze ku Mugabane wa Aziya, aho yari yajyanywe n’abantu bamushutse bifashishije imbuga...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nta bihano bishobora kubuza u Rwanda kurinda imipaka yarwo mu gihe mu burasirazuba bwa Repubulika...
Michelle Yeoh uherutse gutumirwa mu Rwanda mu gikorwa cyo ‘Kwita Izina’ mu 2025, ku wa 18 Gashyantare 2026, azahabwa inyenyeri y’icyubahiro ahazwi nka ‘Hollywood Walk of Fame’.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atekereza kohereza ubwato bwa kabiri bw’intambara mu Burasirazuba bwo hagati, nubwo gihugu cye na Iran byitegura gusubukura...