Igisirikare cya Kenya (KDF) cyatangaje ko abasirikare bashya batatu bapfiriye mu myitozo yaberaga mu kigo cy’imyitozo cya gisirikare giherereye mu Mujyi wa Eldoret uherereye mu Ntara ya Uasin Gishu...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo yatangaje ko Ariel Seidman wari Chargé d’Affaires wa Israel muri icyo gihugu, agomba kuba yahavuye bitarenze amasaha 72.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye Visi Perezida wa Botswana, Ndaba Gaolathe, baganira ku kongerera imbaraga ubufatanye buri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.
Ikipe ya APR FC yanze kurekura myugariro wayo, Niyigena Clement, wasinyiye Al Hilal SC, ikagaragaza ko ikimukeneye kandi nta gihe gihari cyo gushaka umusimbura we.
Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) rigiye gukinwa ku nshuro ya gatandatu, ryashyizwe muri Werurwe 2026, aho imikino ya nyuma izabera i Kigali, itsinda rya ‘Nile Conference’ rikurwamo.