skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Bénin: Uwahoze ari minisitiri yafunzwe akekwaho uruhare muri ‘coup d’état’ yapfubye

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi wanabaye Minisitiri wa Siporo muri Bénin, Alassane Tigri yafunzwe ashinjwa gutegura ‘coup d’état’ iheruka kuburizwamo.
31 January 2026 Yasuwe: 347 0

Abasirikare batatu ba Kenya bapfiriye mu myitozo

Igisirikare cya Kenya (KDF) cyatangaje ko abasirikare bashya batatu bapfiriye mu myitozo yaberaga mu kigo cy’imyitozo cya gisirikare giherereye mu Mujyi wa Eldoret uherereye mu Ntara ya Uasin Gishu...
31 January 2026 Yasuwe: 522 0

Ibirayi biri gutangirwa ubuntu mu Budage

Ikigo gikora ubuhinzi bw’ibirayi mu Budage kiri gutanga ibirayi by’ubuntu nyuma y’uko bagize umusaruro mwinshi bagahitamo kuwatangira ubuntu.
30 January 2026 Yasuwe: 1045 0

Rutsiro: Yafunzwe agiye gusezerana mu murenge, akekwaho gusambanya umwaka akamutera inda

Umusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro yafunzwe ubwo yari agiye gusezerana imbere y’amategeko mu murenge n’umukobwa w’imyaka 28, akekwaho gusambanya akanatera inda umwana w’imyaka 17.
30 January 2026 Yasuwe: 893 0

Chargé d’Affaires wa Israel muri Afurika y’Epfo yirukanywe

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo yatangaje ko Ariel Seidman wari Chargé d’Affaires wa Israel muri icyo gihugu, agomba kuba yahavuye bitarenze amasaha 72.
30 January 2026 Yasuwe: 401 0

Perezida Kagame yakiriye Visi Perezida wa Botswana

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye Visi Perezida wa Botswana, Ndaba Gaolathe, baganira ku kongerera imbaraga ubufatanye buri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.
30 January 2026 Yasuwe: 268 0

RTDA yijeje guca akajagari mu bwikorezi bwo mu mazi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubwikorezi, RTDA, cyijeje abashoferi b’ubwato bunini na ba nyirabwo ko igiye gushyiraho umurongo uhamye ugenga ubwikorezi bwo mu mazi mu rwego rwo guca akajagari...
30 January 2026 Yasuwe: 244 0

Burkina Faso: Amashyaka ya politiki yose yasheshwe

Ubutegetsi muri Burkina Faso bwafashe icyemezo cyo gusesa amashyaka yose ya politiki yabarizwaga muri icyo Gihugu.
30 January 2026 Yasuwe: 416 0

APR FC yanze kurekura Niyigena Clement wasinyiye Al Hilal SC

Ikipe ya APR FC yanze kurekura myugariro wayo, Niyigena Clement, wasinyiye Al Hilal SC, ikagaragaza ko ikimukeneye kandi nta gihe gihari cyo gushaka umusimbura we.
30 January 2026 Yasuwe: 822 0

Impinduka muri BAL 2026 izasorezwa i Kigali

Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) rigiye gukinwa ku nshuro ya gatandatu, ryashyizwe muri Werurwe 2026, aho imikino ya nyuma izabera i Kigali, itsinda rya ‘Nile Conference’ rikurwamo.
30 January 2026 Yasuwe: 325 0