skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Rusizi: Umunyeshuri yahitanywe n’inkingi y’urugi rw’irembo ry’ishuri

Muri GS Mutongo, mu Murenge wa Murururu, Akarere ka Rusizi, haravugwa urupfu rw’umunyeshuri Sibomana Jacques w’imyaka 10 y’amavuko, wigaga mu mwaka wa 3 w’amashuri abanza wagwiriwe n’inkingi yari...
30 January 2026 Yasuwe: 701 0

Maroc yateye intambwe mu kwemeza amasezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere yagiranye n’u Rwanda

Guverinoma ya Maroc yasuzumye amasezerano icyo gihugu giherutse kugirana n’u Rwanda yo gufatanya mu by’ubwikorezi bwo mu kirere mbere y’uko yemezwa burundu.
30 January 2026 Yasuwe: 216 0

Police FC yasinyishije rutahizamu Okorie Ekeson

Police FC iri kwitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Intwari n’imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda, yamaze gusinyisha rutahizamu mushya ukomoka muri Nigeria, Okorie Ekeson.
30 January 2026 Yasuwe: 369 0

Byagenda bite mu Rwanda habayeho ikosa ryo gufungura umugororwa utararangiza igihano?

Abakunzi ba filime, bazi neza iyitwa Prison Break n’izindi zakunzwe zirimo uburyo abantu bafunzwe bakoresha imbaraga kugira ngo babashe gutoroka gereza. Hari kandi ibihugu bitandukanye, usanga...
30 January 2026 Yasuwe: 441 0

Ibirego byagarukiye mu Bushinjacyaha! Bishop Gafaranga yakomoje ku banyamakuru yareze

Umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi, Habiyaremye Zacharie wamamaye nka Bishop Gafaranga, yatangaje ko nyuma yo gufungurwa hari abanyamakuru bakorera ku miyoboro ya YouTube n’abandi yari yareze...
30 January 2026 Yasuwe: 289 0

BNR yahagaritse Mobicash Rwanda Ltd

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd mu mezi atatu, icyemezo cyatangiye gukurikizwa ku wa 23 Mutarama 2026.
30 January 2026 Yasuwe: 412 0

EU yashyize umutwe w’Ingabo za Iran ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), watangaje ko washyize Umutwe w’Ingabo za Iran uzwi nka Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba kubera uburyo Iran...
30 January 2026 Yasuwe: 314 0

RIB yafunze abarimo Barafinda bakekwaho gutangaza amakuru y’ibihuha

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu barimo Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet.
29 January 2026 Yasuwe: 673 0

Abayobozi ba hoteli iherutse gupfiramo umuntu bafunguwe

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwafashe icyemezo cyo gufungura abayobozi ba Hoteli Urubuto yahoze yitwa Dayenu ifite piscine iherutse gupfiramo umuntu.
29 January 2026 Yasuwe: 397 0

Brig Gen Nyirubutama yagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika

Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
29 January 2026 Yasuwe: 343 0