Muri GS Mutongo, mu Murenge wa Murururu, Akarere ka Rusizi, haravugwa urupfu rw’umunyeshuri Sibomana Jacques w’imyaka 10 y’amavuko, wigaga mu mwaka wa 3 w’amashuri abanza wagwiriwe n’inkingi yari...
Police FC iri kwitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Intwari n’imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda, yamaze gusinyisha rutahizamu mushya ukomoka muri Nigeria, Okorie Ekeson.
Umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi, Habiyaremye Zacharie wamamaye nka Bishop Gafaranga, yatangaje ko nyuma yo gufungurwa hari abanyamakuru bakorera ku miyoboro ya YouTube n’abandi yari yareze...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd mu mezi atatu, icyemezo cyatangiye gukurikizwa ku wa 23 Mutarama 2026.
Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.