Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko kuva mu 2020 kugeza mu 2024, umubare w’ibigo byandika ibyakozwe mu Rwanda wikubye kabiri, uva ku 15.953 ugera ku 36.706.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zasakiranye n’abarwanyi bo mu Ihuriro rya Wazalendo basanzwe bafatanya mu bikorwa bya gisirikare by’umwihariko mu kurwanya AFC/M23.
Chairman w’Ikipe ya APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yavuze ko barajwe ishinga no kubaka ikipe ikomeye izitwara neza mu marushanwa Nyafurika kuko imbere mu gihugu bamaze kugaragaza urwego ruri hejuru.
Miss Nishimwe Naomie yutse inabi umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga wibajije impamvu ataratwita, amubwira ko iby’inda ye atari umushinga wa rubanda.
Gahunda y’igikoni cy’umudugudu ikorwa buri mezi atatu no kwita ku ngo mbonezamikurire byatumye imirire mibi n’igwingira mu bana bato bari munsi y’imyaka ibiri igabanyukaho 14,5% mu Karere ka...
Brig Gen Godfrey Gasana uherutse kugirwa umupilote wihariye wa Perezida, yahererekanyije ububasha na Colonel Dan Gatsinzi wamusimbuye ku mwanya w’Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo zirwanira mu...