skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Umusifuzi wanze igitego cya APR FC ku mukino na Al Merrikh yahanwe

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryahanishje Umusifuzi wanze igitego cya APR FC ikina na Al Merrikh kumara imikino ine adasifura.
20 January 2026 Yasuwe: 394 0

Queen Cha yunamiye umubyeyi we witabye Imana; umugisha ukomeye yagize mu buzima bwe

Umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi cyane ku izina rya Queen Cha, ari mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa Se umubyara, Dr Mugemana Charles, uherutse kwitaba Imana, aho yagaragaje ko urupfu rwe...
20 January 2026 Yasuwe: 514 0

Amagambo yuje urukundo n’amasengesho Miss Nishimwe yabwiye umugabo we ku isabukuru ye

Nishimwe Naomie wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yifurije umugabo we Michael Tesfay isabukuru y’amavuko mu butumwa bwuje urukundo, ishimwe n’amasengesho, amwifuriza kuramba, kandi amusezeranya...
20 January 2026 Yasuwe: 240 0

RIB yataye muri yombi umwarimu wa kaminuza ukekwaho gusambanya abana

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi, umwarimu wo muri kaminuza, ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga.
20 January 2026 Yasuwe: 542 0

Ruhango: Umusore na nyina batawe muri yombi bakekwaho kwica se

Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we w’imyaka 26 bakekwaho kwica umugabo we, ari na we se w’uwo musore.
20 January 2026 Yasuwe: 492 0

Gen Muhoozi yahaye Bobi Wine amasaha 48 yo kuba yishyikije Polisi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yahaye Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, amasaha 48 yo kuba yishyikirije polisi.
19 January 2026 Yasuwe: 965 0

Rutsiro: Abantu umunani bafunzwe bakekwaho uruhare mu bujura bw’Ibendera ry’Igihugu

Abantu batandatu bo mu Karere ka Rutsiro batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu bujura bw’Ibendera ry’Igihugu ryibwe ku nshuro ya kabiri.
19 January 2026 Yasuwe: 428 0

‘Manager’ wa hoteli Urubuto yatawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Manager wa hoteli Urubuto yahoze yitwa Dayenu.
19 January 2026 Yasuwe: 716 0

FIFA Series 2026: U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Kenya

U Rwanda rwisanze mu Itsinda A na Estonia, Grenada na Kenya mu mikino ya gicuti ya FIFA Series izabera i Kigali muri Werurwe 2026. Itsinda B rigizwe na Aruba, Liechtenstein, Macau na Tanzania.
19 January 2026 Yasuwe: 523 0

Abahuza b’Abanyafurika mu bibazo bya RDC bagabanyijwe inshingano

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wagabanyije inshingano abahuza b’Abanyafurika mu makimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
19 January 2026 Yasuwe: 465 0