The Ben na Bruce Melodie bongeye gukozanyaho ubwo hatangwaga ibihembo bya Isango na Muzika Awards, mu birori byabereye muri Camp Kigali mu ijoro ryo ku wa 21 Ukuboza 2025.
Mu gice cya gatatu cy’Ukwezi k’Ukuboza 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 100, ikaba iri hejuru gato y’impuzandengo isanzwe igwa muri iki gihe, uretse mu bice bimwe...
Leta ya El Salvador yakatiye umwe mu bahoze mu mutwe w’abagizi ba nabi wa Mara Salvatrucha (MS-13) igifungo cy’imyaka 1.335, mu gihe abandi bagenzi be 10 bahawe imyaka iri hagati ya 463 na 958.
Umusore witwa Kwizera Elsa w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Gitambi mu Karere ka Rusizi, yasanzwe mu mazi y’amashyuza yapfuye, aho bikekwa ko yazize gas ibamo.
Polisi yo muri Afurika y’Epfo yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, abagabo bitwaje intwaro bagabye igitero hafi y’Umujyi wa Johannesburg, bica abantu icyenda, abandi 10 barakomereka.