Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, yashinje Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushaka guhirika ubutegetsi bwe no gukoloniza igihugu cye, avuga ko iterabwoba n’icyemezo cyo gufunga inzira z’ubucuruzi...
Iminsi itandatu ni yo ibura ngo amezi atanu yuzure Nick Nick Barigye ari Guverineri Wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda(BNR). Ni inshingano yagiyeho asimbuye Dr. Nsengiyumva Justin wagizwe...
Abarwanyi bo mu mitwe yibumbiye mu ihuriro Wazalendo baherutse guhungira mu Burundi, bari kugura imbwa ku mafaranga menshi, bakazirya bitewe n’ikibazo cy’amafunguro adahagije.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yimwe ijambo mu nama y’abakuru b’ibihugu byo mu muryango w’Akarere ka Afurika y’Amajyepfo (SADC) kubera amadeni igihugu cye...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko mu ntambara zimaze igihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umubyeyi ari RDC na ho umwana akaba...