skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Bazivamo Christophe yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi

Bazivamo Christophe yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi mu mavugurura mashya yakozwe mu miterere n’imiyoborere y’uyu muryango.
19 December 2025 Yasuwe: 1030 0

Ruswa ishingiye ku gitsina iravugwa mu mashuri makuru na kaminuza – Transparency

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda (TIR) igaragaza ko mu bushakashatsi baherutse gukora basanze mu mashuri hari ahagaragara ruswa ishingiye ku gitsina,...
19 December 2025 Yasuwe: 628 0

Uko Guverinoma yakemuye ikibazo cya moto za Spiro

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda yatangaje ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe ku bibazo byavugwaga kuri moto za Spiro, yafashe icyemezo cyo gusaba abazigurisha mu Rwanda guhindura imikoranire...
19 December 2025 Yasuwe: 785 0

Ndayishimiye yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu gushimisha Tshisekedi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda imbere ya za Ambasade z’ibihugu bikomeye mu rwego rwo kugerageza gushimisha mugenzi we wa Repubulika...
19 December 2025 Yasuwe: 874 0

Umutoza Mushya wa Rayon Sports Bruno Ferry yageze mu Rwanda

Nyuma y’igihe kitari gito abakunzi ba Rayon Sports bategereje umutoza mushya ugomba gusimbura Afahamia Lotfi watandukanye n’iyi kipe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Bruno Ferry ukomoka mu...
19 December 2025 Yasuwe: 555 0

Lynda Priya yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore bitegura kurushinga [AMAFOTO]

Uwankusi Nkusi Lynda uzwi nka Lynda Priya yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Christian Irenge, bitegura kurushinga mu minsi iri imbere.
19 December 2025 Yasuwe: 513 0

Amerika yateguje Afurika y’Epfo kuyifatira ingamba zikomeye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Leta ya Afurika y’Epfo gufunga abakozi bazo bari mu bikorwa byo gufasha Abanya-Afurika y’Epfo bakomoka i Burayi kubona ubuhungiro, ziyiteguza ko zishobora...
19 December 2025 Yasuwe: 298 0

Huye: Abarimo ’Aba-Frère’ babiri bakurikiranyweho uruhare mu rupfu rwa mugenzi wabo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwohereje mu Bushinjacyaha dosiye y’abantu bane bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umu-frère Benoit Hategekimana, wayoboraga ishuri rya EP Autonome de Butare,...
19 December 2025 Yasuwe: 483 0

Amerika ntizongera gutanga ‘Green Cards’

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kristi Noem, yatangaje ko yahagaritse tombola ya ‘Green Card’ mu rwego rwo kubungabunga umutekano w’Abanyamerika.
19 December 2025 Yasuwe: 321 0

Rizigisha abapilote 80 ku mwaka: Ibishya ku shuri ry’iby’indege rizuzura mu Rwanda mu 2028

Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko ishuri rizigisha gutwara indege n’ibindi bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere rizaba ryatangiye gukora mu 2028 ubwo n’ikibuga cy’Indege kiri kubakwa mu...
19 December 2025 Yasuwe: 434 0