Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) ziyemeje gukomeza umuhigo wo gukomeza gusangira amakuru, gucunga umutekano hakorwa ‘patrols’ mu bice byagenwe, no gukomeza imikoranire ya hafi...
Nyuma y’Amasezerano y’Amahoro n’Ubukungu yaraye ashyizweho umukono na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ndetse na Perezida wa Repubuika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi...
Mu ijoro ryo ku wa 4-5 Ukuboza 2025 Davido yageze i Kigali, aho yitabiriye igitaramo cyo kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, kibera muri BK Arena kuri uyu wa 5 Ukuboza 2025.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yongeye gushimangira ko u Rwanda rukeneye kubona ahazaza hatekanye kandi huje uburumbuke, akaba ari na yo mpamvu shingiro rwiyemeje kudatezuka ku...
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatsinzwe urugamba rihanganyemo na AFC/M23 rwakomeje kubera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo kuri uyu wa 4 Ukuboza 2025, riva muri bimwe...
Umugabo w’imyaka 52, wo mu Karere ka Rulindo yishe umugore we w’imyaka 40, na we anywa imiti yica arapfa, ubuyobozi buvuga ko bapfuye isambu umugabo yashakaga kugurisha umugore akabyanga.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ikiganiro yagiranye na Perezida Paul Kagame ndetse na Felix Tshisekedi cyamweretse ko aba bakuru b’ibihugu bombi ari abanyabwenge...