skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Abasirikare ba Uganda bishe babiri ba RDC

Abasirikare ba Uganda bari mu bikorwa byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishe bagenzi babo babiri b’Abanye-Congo.
3 December 2025 Yasuwe: 533 0

Ibigenerwa abapolisi bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Mu buzima umuntu arakura, agakora hanyuma akageza mu bihe by’ubusaza aho umubiri uba utagifite imbaraga zo mu busore wahoranye. Muri Polisi y’u Rwanda, uri ku rwego rwa Komiseri ugejeje ku myaka 60...
3 December 2025 Yasuwe: 806 0

Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bukoresha abasaga 92.000

Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bukoresha abantu basaga 92.000, iyo mirimo ikaba ibatunze ndetse igira n’uruhare rukomeye mu iterambere ry’Igihugu.
2 December 2025 Yasuwe: 442 0

“Tuzabibara tubibonye”: Impungenge z’Abanyarwanda ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mijyi

Kuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange bigizwemo uruhare n’Ikigo cya Leta cya Ecofleet Solutions.
2 December 2025 Yasuwe: 813 0

Guinée-Bissau: Ntihagitangajwe amajwi y’ibyavuye mu matora

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Guinée-Bissau yatangaje ko idashobora gutangaza ibyavuye mu matora yabaye ku wa 23 Ugushyingo 2025, kubera udusanduku tw’itorana na lisiti z’itora byasahuwe mu...
2 December 2025 Yasuwe: 371 0

Ingabo za RDC zishe abasivili muri Kamanyola, hakomereka benshi

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu n’imitwe bikorana byarashe ibisasu muri santere ya Kamanyola, byica abasivili...
2 December 2025 Yasuwe: 697 0

Itike ya make ni 2000Frw; Israel Mbonyi yemeje igitaramo cy’i Rubavu

Israel Mbonyi yemeje igitaramo agiye gukorera mu Karere ka Rubavu ku wa 1 Mutarama 2026, iki kikazaba gikurikiye icyo uyu muhanzi ateganya gukorera muri BK Arena ku wa 25 Ukuboza 2025.
2 December 2025 Yasuwe: 344 0

Kigali: Polisi yafashe umugabo ukekwaho kwiba moto y’umumotari

Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Masaka ivuga ko yafashe umugabo witwa Ndagijimana amaze kwiba moto aho yayisanze iparitse arayitwara.
2 December 2025 Yasuwe: 642 0

Uko wagura itike izakwinjiza mu gitaramo Alexis Dusabe azizihirizamo imyaka 25 amaze mu muziki

Hari ibitaramo biba bifite umwihariko wo gusubiza abakunzi b’ivugabutumwa ku ntego nyayo yo kuramya no gushima Imana. Mu rwego rwo kwizihiza imyaka 25 amaze mu muziki wa Gospel, umuramyi...
2 December 2025 Yasuwe: 346 0

Kuki bamwe mu bakoresha ibiyobyabwenge bajyanwa muri ’Rehab’ abandi bagafungwa?

Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hakunze kugaragara ibibazo n’impaka ku mpamvu bamwe mu byamamare n’abandi bafatirwa mu ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge boherezwa mu Kigo Ngororamuco cya Huye (Rehab),...
2 December 2025 Yasuwe: 594 0