Abasirikare ba Uganda bari mu bikorwa byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishe bagenzi babo babiri b’Abanye-Congo.
Mu buzima umuntu arakura, agakora hanyuma akageza mu bihe by’ubusaza aho umubiri uba utagifite imbaraga zo mu busore wahoranye. Muri Polisi y’u Rwanda, uri ku rwego rwa Komiseri ugejeje ku myaka 60...
Kuri uyu wa 2 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange bigizwemo uruhare n’Ikigo cya Leta cya Ecofleet Solutions.
Israel Mbonyi yemeje igitaramo agiye gukorera mu Karere ka Rubavu ku wa 1 Mutarama 2026, iki kikazaba gikurikiye icyo uyu muhanzi ateganya gukorera muri BK Arena ku wa 25 Ukuboza 2025.
Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Masaka ivuga ko yafashe umugabo witwa Ndagijimana amaze kwiba moto aho yayisanze iparitse arayitwara.
Hari ibitaramo biba bifite umwihariko wo gusubiza abakunzi b’ivugabutumwa ku ntego nyayo yo kuramya no gushima Imana. Mu rwego rwo kwizihiza imyaka 25 amaze mu muziki wa Gospel, umuramyi...