Nyuma yo kuburana ku bujurire bwe bwo kutoherezwa mu Rwanda nyuma y’aho afatiwe muri Amerika atorotse ubutabera bwo mu Rwanda, Urukiko rwa Texas rwategetse ko yoherezwa mu Rwanda akaza gukora...
Dr. Gabrielle Henry, uhagarariye Jamaica mu irushanwa rya Miss Universe riri kubera muri Thaïlande, yavugishije benshi nyuma yo kugwa ku rubyiniro mu gihe cyo kwerekana amakanzu maremare.
Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe amavugurura n’ubufatanye bw’inzego muri Gabon, François Ndong Obiang, kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025.
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Bubiligi buri gukora iperereza ku nkomoko y’amafaranga ari kuri konte z’abo mu muryango wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.