skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Nyuma yo kuburanira muri Amerika, Prince Kid yasomewe

Nyuma yo kuburana ku bujurire bwe bwo kutoherezwa mu Rwanda nyuma y’aho afatiwe muri Amerika atorotse ubutabera bwo mu Rwanda, Urukiko rwa Texas rwategetse ko yoherezwa mu Rwanda akaza gukora...
20 November 2025 Yasuwe: 7624 0

AFC/M23 yatangaje ko izagira uruhare mu gusenya imitwe yitwaje intwaro

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko rizagira uruhare mu bikorwa byo gusenya imitwe yitwaje intwaro ikorera muri iki gihugu.
20 November 2025 Yasuwe: 729 0

Perezida Kagame yagabiye Emir wa Qatar inka z’Inyambo

Perezida Kagame yagabiye Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, inka z’Inyambo, nk’ikimenyetso gishingiye mu muco w’u Rwanda gisobanuye ubushuti, ubwubahane, ndetse n’ubufatanye bukomeye...
20 November 2025 Yasuwe: 1236 0

Emir wa Qatar yakiriwe na Perezida Kagame i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, yakirwa na Perezida Paul Kagame.
20 November 2025 Yasuwe: 772 0

Uhagarariye Jamaica muri Miss Universe yavugishije benshi nyuma yo kugwa ku rubyiniro

Dr. Gabrielle Henry, uhagarariye Jamaica mu irushanwa rya Miss Universe riri kubera muri Thaïlande, yavugishije benshi nyuma yo kugwa ku rubyiniro mu gihe cyo kwerekana amakanzu maremare.
20 November 2025 Yasuwe: 780 0

Ufitinema wakiniye Amavubi y’Abagore yitabye Imana

Ufitinema Clotilde wakiniye amakipe y’abagore muri Shampiyona n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, yitabye Imana nyuma y’igihe kinini ahanganye n’uburwayi bwa kanseri.
20 November 2025 Yasuwe: 1155 0

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda barenga 500 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 511 baturutse mu miryango 153 bari barafashwe bugwate na FDLR yasize ikoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi...
20 November 2025 Yasuwe: 445 0

Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Brice Oligui Nguema uyobora Gabon

Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe amavugurura n’ubufatanye bw’inzego muri Gabon, François Ndong Obiang, kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025.
20 November 2025 Yasuwe: 449 0

U Bubiligi buri gukora iperereza ku nkomoko y’amafaranga y’umuryango wa Tshisekedi

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Bubiligi buri gukora iperereza ku nkomoko y’amafaranga ari kuri konte z’abo mu muryango wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.
20 November 2025 Yasuwe: 709 0

Polisi yahagurukiye urugomo rw’abanyamahanga bagaragaye bakubita umumotari

Polisi y’u Rwanda yijeje ko igiye gukurikirana ikibazo cy’abanyamahanga bagaragaye mu mashusho bakubita umumotari mu Mujyi wa Kigali.
20 November 2025 Yasuwe: 662 0